Umuhungu wa Dr Besigye yakoze ikindi gikorwa cy’urukozasoni agikorera ku mukobwa w’umuzungu[AMAFOTO]
Yanditswe: Thursday 09, Aug 2018
Anselm Kizza-Besigye, umuhungu wa Kizza Besigye yagaragaye ari mu bikorwa by’urukozasoni mu gihugu cy’ubwongereza ari naho asanzwe akurikira amasomo ye.
Anselm wiga muri Kaminuza ya Harvard yatunguye abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwifotoza ari kumwe n’umuzungukazi wambaye ubusa buri buri, amucigatiye mu mabere ye.
Iyi foto y’umuhungu wa DR Kiza Besyige yavugishije benshi
Kuri iyo foto, Uyu muhungu wa DR Besigye agaragara afashe ku mabere y’umuzungukazi uba wishimye cyane, bari kumwe nundi munyeshuri bigana bose ubona ko bafite akanyamuneza kadasanzwe.
Ntabwo ari ubwa mbere Ansel agaragara mu bikorwa bidashimishije kuko no mu minsi ishize nabwo yifotoje ari kunywa urumogi, maze amafoto ayasakaza ku mbuga nkoranyambaga.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *