skol
fortebet

Umukecuru w’imyaka 82 ufite umugabo w’imyaka 39 yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ibanga akoresha kugira ngo atere akabariro [AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 06, Nov 2018

Sponsored Ad

Umukecuru witwa Hattie,w’imyaka 82 yasomaniye kuri TV n’umugabo we witwa John arusha imyaka 43 yose ndetse avuga ko imyitozo akora buri munsi ariyo ituma abasha gutera akabariro n’uyu mugabo ugifite agatege.

Sponsored Ad

Hattie yavuze ko nyuma yo gutandukana n’umugabo we afite imyaka 48,yahise arahira gukundana n’abasaza ariyo mpamvu yahisemo kwibanira n’uyu mugabo w’imyaka 39 John ndetse akora imyitozo myinshi akoresheje umupira munini kugira ngo batere akabariro.

Uyu mukecuru yavuze ko akora imyitozo buri munsi yo gushyira umupira uremereye kunda ndetse akawuzamura mu gituza kugira ngo abone imbaraga zo gutera akabariro.

Yagize ati “uyu mupira ngumaranye imyaka 35 yose.utegurira umubiri wanjye guhangana.ufite akamaro gakomeye kuko utuma nitegura neza gutera akabariro n’umugabo wanjye. Ni umugabo mwiza ndetse yabwiye ko akunda abakecuru biranshimisha cyane.”

Hattie na John bahuriye ku mbuga nkoranyambaga,batangira gukundana,bapanga kubana none ubu bari kumwe.

Uyu mukecuru yavuze ko yikundira abagabo bakiri bato kuko bahora bafite icyizere cy’ejo hazaza ndetse bakora cyane kugira ngo bagere ku nzozi zabo.



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa