skol
fortebet

Umugore yatakaje akayabo ka miliyoni 380 FRW mu kwibagisha kugira ngo ase nk’igipupe cyifashishwa mu gutera akabariro[AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 10, Mar 2019

Sponsored Ad

Umukinnyi wa filimi z’urukozasoni witwa Sybil Stallone ukomoka muri USA amaze gutakaza akayabo k’ibihumbi 380 by’amapawundi angana na miliyoni 380 FRW,kugira ngo ase nk’igipupe (irobo) cyifashishwa mu gukora imibonano mpuzabitsina.

Sponsored Ad

Uyu mugore usanzwe akora uburaya mu nzu yitwa Sheri’s Ranch,izwi cyane mu mujyi wa Las Vegas muri US,yatangaje ko kuri we yifata nk’ikigirwamana cyo gutera akabariro ariyo mpamvu yahisemo kwibagisha umubiri we cyane ngo ase n’igipupe gikoreshwa imibonano mpuzabitsina (sex robot).

Uyu mukobwa ukunze kwiyita “Brunette Barbie”,ni umwe mu bakinnyi ba filimi z’urukozasoni bakunzwe cyane muri USA ndetse kuri ubu amaze kwibikaho abakunzi basaga miliyoni 2 kuri Instagram.

Iyi nzu ya Sheri’s Ranch itunze ibipupe byinshi byifashishwa mu gutera akabariro yavuze ko yifuza gukoresha uyu mugore Stallone nawe akaba nk’imashini kabuhariwe nyuma yo gutanga akayabo k’ibihumbi 500 by’amadolari yibagisha.

Uyu Stallone yavuze ko nawe byamutwaye imbaraga nyinshi kugira ngo yihindure nk’igipupe cyifashishwa mu gutera akabariro.

Yagize ati “Naremewe gukora imibonano mpuzabitsina.Muri iki gihe iterambere ryakataje abantu benshi bakunda gukora imibonano mpuzabitsina basigaye bashaka kubona ibintu bishya.Ndashaka kubaha ibyo abantu basanzwe batanga ndetse ndushe ibipupe byifashishwa mu gutera akabariro.”

Uyu mugore watangiye gukora mu nzu y’ubusambanyi mu mpera z’umwaka ushize,yavuze ko amaze kubona abakiliya batagira ingano ndetse yiteze ko bizakomeza.

Uyu mugore yahinduye umubiri we cyane aho yongeresheje ikibuno n’amabere,ahindura amazuru,amaso,amatama kugira ngo arusheho gukurura abagabo.

Stallone yavuze ko aticuza kuba yarahinduye umubiri we kuko ngo abakiliya be bamubwiye ko ari mwiza cyane ndetse ngo basigaye bamugana ku bwinshi.

Stallone yavuze ko abizi neza ko abagore benshi bicuruza, bazifuza kwibagisha nkawe kugira ngo bahangane n’ibi bipupe bikomeje kubatwara isoko.





Stallone yashoye akayabo ka miliyoni 380 FRW mu kwibagisha ngo ase n’igipupe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa