skol
fortebet

Umukobwa udafite amabere cyangwa ikibuno biteye neza ni ikiremwa kituzuye- Azanian Rose

Yanditswe: Saturday 04, Aug 2018

Sponsored Ad

skol

Azanian abinyujije kuri Twitter yavuze ko umukobwa kuri ubu udafite ikibuno ndetse n’amabere biteye neza ko kuri ubu ari ikiremwa kituzuye kubera ko abagabo aribyo bakunda.

Sponsored Ad

Umunyamidelikazi Azanian Rose uzwi k mbuga nkoranyambaga nka Golden Mbali abinyjije ku mbuga nkoranyambaga zanenze abakobwa batagira ikibuno giteye neza ndetse n’amabere aho avugako kuri ubu batakigezweho kuko abagabo bubu bikundira abagore bafite ibyo bintu 2.

Abinyujie kuri Twitter ye yashyize hanze ubutumwa avuga ko umukobwa udafite ikibuno n’amabere biteye neza ko uwo atuzuye.

Bamwe bahise bamusubizana uburakari aho bamwe bamubwiraga ko ibyo nacyo bivuze icyambere ari ubwiza bw’umuntu . ibindi bikaza nyuma .

Azanian Rose ni umwe mu banyamidelikazi bakomeye muri Afurika y’Epfo aho kuri ubu ari umwe mu bakobwa bakundwa n’igitsina gabo kinshi kubera imiterere y’umubiri we benshi bita ko ishotorana .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa