Umukobwa w’ imyaka 66 arashaka kugurisha ubusugi bwe ngo abagwe
Yanditswe: Tuesday 04, Sep 2018
Umukobwa w’ imyaka 66 wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika muri Leta ya Georgia mu mujyi wa Atlanta yashyize ubusugi bwe ku isoko kugira ngo abone amadorali y’ Amerika $50,000 asabwa ngo abagwe ahindurirwe igitsina.
Kathy McAllister ushaka kugirisha ubusigi bwe avuga ko asabanza akajya kwa muganga bakamuha icyemezo cy’ akiri isugi.
Yongeyeho ati “Abakobwa bakiri bato bagurisha ubusugi bwabo banyuze kuri interineti, isugi y’ imyaka 60 ihenze kubarusha”
McAllister avuga ko atigeze aryamana n’ umugabo kuko atigeze yumva abishamadukiye.
Arashaka kugurisha ubusugi bwe ngo abagwe ahindurwe igitsina abe umuhungu. Ngo kuva mu bwana bwe yumvaga atishimiye kuba yaravutse ari umukobwa ndetse ngo yarebaga abagabo akumva yifuje imiterere yabo.
Kugeza ubu umukobwa umaze kugurisha ubusugi bwe ku giciro gihanitse ni umunyatayilandi wabugurishije amayero ibihumbi 200.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *