skol
fortebet

Umukobwa watsindiye akayabo miliyoni y’amapawundi mu rusimbi ababajwe n’uko amaze umwaka yarabuze uwo batera akabariro [AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 30, Apr 2019

Sponsored Ad

Umwongerezakazi w’imyaka 23 witwa Jane Park watsindiye akayabo ka miliyoni y’amayero mu rusimbi rwitwa Euromillions yatangaje ko ababajwe no kuba amaze umwaka wose yarabuze uwo batera akabariro.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa watsindiye aka kayabo ubwo yari afite imyaka 17,yavuze ko yabuze umukunzi ariyo mpamvu amaze umwaka wose adatera akabariro.

Uyu mukobwa umaze gutandukana n’abasore babiri barimo umukinnyi wa Dundee United witwa Jordan Piggot n’uwahatanye mu marushanwa ya X Factor, Sam Callahan yavuze ko nyuma yo gutandukana nabo,afite agahinda ko kubura undi batera akabariro.

Abinyujije kuri Twitter yagize ati “Iminsi 362 irashize ndatera akabariro.nkunda kwambara kambambili nkiruka kugira ngo niyibutse uko bivuga.”

Mu minsi ishize Jane Park yafunguye urubuga rwa Internet rumufasha gushakiraho abakunzi aho yemeje ko uwo azishimira azajya amuhemba akayabo k’ibihumbi 60 by’amapawundi ku mwaka.

Nyuma yo gutsindira aka kayabo,yahise ashora asaga ibihumbi 50 by’amapawundi mu kwiyongeresha ibibuno,kwinduza amenyo no kongeresha amabere.




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa