skol
fortebet

Umukobwa wavutse atagira igitsina yavuze ko yifuza umwana[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 22, Mar 2018

Sponsored Ad

Umukobwa witwa Rebekah Knight yashenguwe n’agahinda nyuma yo kumva ko nta gitsina yavukanye aho yavuze ko yifuza kuzagira umwana nawe akitwa mama nk’abandi babyeyi.
Uyu niwe Rebekah wavutse nta gitsina agira
Ubwo uyu mukobwa yagezaga ku myaka 18 atarajya mu mihango nk’abandi bakobwa,yabajije mama we icyo yakora niko kumugira inama yo kujya kwa muganga aho basanze nta gitsina afite.
Rebekah na mama we
Uyu mukobwa uvuka muri Ireland y’amajyaruguru,yavuze ko yababajwe no kumva iyi nkuru cyane (...)

Sponsored Ad

Umukobwa witwa Rebekah Knight yashenguwe n’agahinda nyuma yo kumva ko nta gitsina yavukanye aho yavuze ko yifuza kuzagira umwana nawe akitwa mama nk’abandi babyeyi.

Uyu niwe Rebekah wavutse nta gitsina agira

Ubwo uyu mukobwa yagezaga ku myaka 18 atarajya mu mihango nk’abandi bakobwa,yabajije mama we icyo yakora niko kumugira inama yo kujya kwa muganga aho basanze nta gitsina afite.

Rebekah na mama we

Uyu mukobwa uvuka muri Ireland y’amajyaruguru,yavuze ko yababajwe no kumva iyi nkuru cyane ko yahoze yifuza kubyara, gusa atangaza ko yifuza ko yazakoresha uburyo bwo guhuza intanga cyangwa gushaka umwana ku ruhande akamurera.

Rebekah ari kumwe n’umukobwa w’inshuti ye

Uretse kuba uyu mukobwa yaravutse nta gitsina na nyababyeyi agira,yatangaje ko yifuza kuzagira umuhungu bakundana nubwo bigoye kubera iki kibazo afite.

Rebekah yanditse igitabo kivuga ku buzima bwe

Kuri ubu Rebekah afite imyaka 25,yanditse igitabo kivuga kuri ubu burwayi yavukanye ndetse agerageza kugisakaza hirya no hino.

Ibitekerezo

  • Yabwiwe niki ko ari umukobwa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa