skol
fortebet

Umukobwa yatunguye imbaga y’abantu asaba ko bamufotorera mu isanduku ngo arebe uko azaba ameze napfa[AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 17, Apr 2018

Sponsored Ad

skol

Amafoto y’umukobwa ukomoka mu gihugu cya Nigeria akomeje guca ibintu hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, ari nako avugisha benashi ibitandukanye bitewe n’uburyo budasanzwe uyu mukobwa yayifotojemo.
Uyu mukobwa utatangajwe amazina ye, yatumye abatari bake bacika ururondogo, bavugako ari inkunguzi y’igikoba imwe yizingiraho amakara bavugako nta muntu muzima utekereza neza wakora nk’ibyo yakoze. Ubwo uyu mukobwa rero yatemberaga, nk’ibisanzwe yaje gushaka kwifotoza, yifotoreza ahantu (...)

Sponsored Ad

Amafoto y’umukobwa ukomoka mu gihugu cya Nigeria akomeje guca ibintu hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, ari nako avugisha benashi ibitandukanye bitewe n’uburyo budasanzwe uyu mukobwa yayifotojemo.

Uyu mukobwa utatangajwe amazina ye, yatumye abatari bake bacika ururondogo, bavugako ari inkunguzi y’igikoba imwe yizingiraho amakara bavugako nta muntu muzima utekereza neza wakora nk’ibyo yakoze.

Ubwo uyu mukobwa rero yatemberaga, nk’ibisanzwe yaje gushaka kwifotoza, yifotoreza ahantu hatandukanye gusa yaje gutungura abantu benshi ubwo yageraga ahagurishirizwa amasandugu yo gushyinguramo abapfuye, yisabira ba nyir’ubwite ko bamwemerera akayifotorezamo, bamuha rugari maze na we si ukwidagadura karahava.

Yaje gutungura abari bamushungereye base rero, ubwo yaryamaga mu isandugu imwe ngo kugirango bamufotore ameze nk’umurambo, ajye yireba amenye uko azaba ameze nibajya kumushyingura.

Ibi bintu abantu benshi babifashe nk’ubusanzi bw’indengakamere, ari nako bahuruye maze batangira kumufotoza terefoni zabo, none bakomeje gukwirakwiza aya mafoto y’uyu mukobwa bibaza banabazanya aho iyi si igana bitewe n’ibyo abayitiye bakomeje gukora bisa nk’amahano.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa