skol
fortebet

Umukobwa yiteje inshinge 50 ngo yongere ingano y’ amabuno ye ntibyamuhira namba

Yanditswe: Saturday 29, Sep 2018

Sponsored Ad

Umukobwa wo mu gihugu cya Ivory Cost yapfuye agerageza kongera ingano w’ amabuno ye nyuma y’ uko ashustse n’ umuntu bahuriye ku mbugankoranyambaga.

Sponsored Ad

Sandra Benima wari ufite imyaka 25 gusa yateze indege yerekeza mu gihugu cy’ u Bufaransa ajyanywe no kwibagisha ngo agire amabuno manini.

Uyu mukobwa umuntu wamushutse bahuriye kuri internete amusezeranya akazi ko gukina filime ariko amusaba ko agomba kuba ateye nk’ igisabo. Benima wari usanzwe afite salo ikora imisatsi mu mugi wa Abudja yagurishije salo ye anaguza amafaranga mu nshuti n’ abavandimwe ngo yongeranye abone itike y’ indege age mu Bufaransa.

Nyuma y’ amasaha ane, Fabrice wari wagirije amafaranga uyu mukobwa wari ufite inzozi zo kuba icyamamare muri sinema.

Amakuru Fabrice yamenye ni uko uyu mukobwa yatewe inshinge 50 bikamubiramo urupfu kubera ingano nyinshi y’ umuti. Amaze gupfa yakuwemo impyiko, igifu, n’ umutima bigurishwa buboro nk’ uko ikinyamakuru 24jours cyabitangaje.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa