skol
fortebet

Umukobwa yiyambitse ubusa kubera gutinya abantu bamufashe yiba [AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 03, Apr 2018

Sponsored Ad

Umukobwa ukomoka mu Bushinwa utatangajwe amazina yafashwe yiba niko kwiyambura imyenda yambara ubusa buri buri kugira ngo abantu yibye batamukubita ndetse bakamushyikiriza inzego zishinzwe umutekano.
Uyu mukobwa yafashwe ari gukora mu mifuka abagenzi bari muri bisi yerekezaga mu mugi wa Shaoyang City niko guhita yambara ubusa kugira ngo yirinde ko bamukubita bakanamushyikiriza abashinzwe umutekano.
Akimara kwambara ubusa,abantu bahise baza kumushungera ndetse benshi batangarira ibyo (...)

Sponsored Ad

Umukobwa ukomoka mu Bushinwa utatangajwe amazina yafashwe yiba niko kwiyambura imyenda yambara ubusa buri buri kugira ngo abantu yibye batamukubita ndetse bakamushyikiriza inzego zishinzwe umutekano.

Uyu mukobwa yafashwe ari gukora mu mifuka abagenzi bari muri bisi yerekezaga mu mugi wa Shaoyang City niko guhita yambara ubusa kugira ngo yirinde ko bamukubita bakanamushyikiriza abashinzwe umutekano.

Akimara kwambara ubusa,abantu bahise baza kumushungera ndetse benshi batangarira ibyo yakoze imbere y’imbaga y’abantu bari mu mugi bategereje imodoka.

Abantu benshi barimo abasore bashatse kumukorakora gusa akizwa n’abagore bari hafi aho kuko babujije aba basore kumwegera ndetse no kumuha urwamenyo kubera umwuga wo kwiba yari afatiwemo.

Kubera ubwinshi bw’abantu bari bashungereye uyu mukobwa,habaye akavuyo kenshi nibwo polisi yahageze ifasha uyu mukobwa kwambara ndetse bahita bamujyana ku biro bikuru byabo kumukurikirana ku byaha byo kwiba no gukora ibidakwiriye mu ruhame.




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa