Umunyakenyakazi yaciye ibintu ku isi kubera ukuntu asa cyane n’abagabo [AMAFOTO]
Yanditswe: Saturday 06, Apr 2019
Umunyakenyakazi witwa Fatuma Zarika akomeje gutuma benshi bamwibazaho cyane kubera ukuntu asa n’abagabo ndetse benshi ntibajya bemera ko ari umugore.
Uyu mugore ukina umukino w’iteramakofe wavutse mu mwaka wa 1985 ni umwe mu bakunze gutuma impaka zishyuha mu batamuzi kuko nta n’umwe ujya wemera ko ari umugore.
Uyu mugore uri mu bazwi cyane,yabaye icyamamare mu mukino w’iteramakofe ndetse kuri ubu afite umukandari w’indwanyi ya mbere ku isi nyuma yo gukubita uwitwa Catherine Phiri.
Fatuma ufite abana b’Abakobwa bakuru,ntabwo benshi bajya bamwemera nk’umugore kubera ko isura ye isa neza n’iy’abagabo.
Bitewe n’uko yakuriye mu buzima bugoye bwo kuba umukozi wo mu rugo,Fatima Zirika yabyaye akiri muto ndetse abaho arerwa na nyina umubyara wenyine.
Fatuma usa n’abagabo we n’abakobwa be
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *