skol
fortebet

Umunyeshuri wo muri kaminuza yambariye ubusa mu ndege kubera filimi y’urukozasoni yarebaga[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 05, Mar 2018

Sponsored Ad

Umusore w’imyaka 20 ukomoka muri Bangladeshi yakoze amahano mu ndege ya Malindo Air yavaga Kuala Lumpur yerekeza i Dhaka, ubwo yakuragamo imyenda yari yambaye abitewe na kureba filimi y’urukozasoni yarebaga, bikarangira ashatse guhobera ku ngufu umwe mu bakobwa bita ku bakiriya bo muri iyi ndege.
Uyu musore abantu baketse ko yasaze,yakuyemo imyenda yose ubwo yarebaga filimi z’urukozasoni ku mashini ye,ashaka guhobera ku ngufu umukobwa wita ku bakiriya nibwo undi mukobwa ushinzwe umutekano (...)

Sponsored Ad

Umusore w’imyaka 20 ukomoka muri Bangladeshi yakoze amahano mu ndege ya Malindo Air yavaga Kuala Lumpur yerekeza i Dhaka, ubwo yakuragamo imyenda yari yambaye abitewe na kureba filimi y’urukozasoni yarebaga, bikarangira ashatse guhobera ku ngufu umwe mu bakobwa bita ku bakiriya bo muri iyi ndege.

Uyu musore abantu baketse ko yasaze,yakuyemo imyenda yose ubwo yarebaga filimi z’urukozasoni ku mashini ye,ashaka guhobera ku ngufu umukobwa wita ku bakiriya nibwo undi mukobwa ushinzwe umutekano yahagobotse uyu munyeshuli ashaka kurwana nawe birangira abagenzi bamufashe amaboko bayazirikisha imyenda.

Amakuru dukesha ikinyamakuru Star Online cyo muri Malaysia yavuze ko uyu musore basanze yikinishije ndetse anyara aho yari yicaye kubera izi filimi z’urukozasoni yarebaga.

Umwe mu bagenzi bari muri iyi ndege yavuze ko uyu musore yategetswe kwambara n’abashinzwe umutekano bo muri iyi ndege we agashaka kurwana nabo aribwo abagenzi bamwifatiye baramuboha kugeza basoje urugendo bamushyikiriza abashinzwe umutekano.

Uyu musore asanzwe yiga muri kaminuza ya Cyberjaya,yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera aya mahano yakoze kandi yitwa ngo yarize,

Ibitekerezo

  • Mukangurire urubyiruko murirusage
    Kokwikinisha arikintu cyakube
    Rakoronike mubuzima cyikaba
    Cyakubuzanamahirwa yawe

    aha birababaje pe abasore ko dupfuye nabi!!!!!!!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa