skol
fortebet

Umupolisikazi w’uburanga yavuze ukuntu abasore bamukorakora batazi akazi ke [AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 13, May 2019

Sponsored Ad

Umupolisikazi witwa Praxides Jumba ariko akaba azwi ku kazina ka Afande Cele yavuze ko kubera ubwiza bwe,abasore batamuzi bakunze kuza kumutereta ndetse bakamukorakora batazi ko ari umupolisi.

Sponsored Ad

Uyu mupolisikazi w’imyaka 30 usanzwe ari umufana uzwi cyane w’ikipe ya Bandari FC,yavuze ko yakundaga gufana iyi kipe cyane ndetse ari umufana uzwi na benshi mbere y’uko yinjira mu gipolisi.

Yagize ati “Nakunze ruhago mbere y’uko ninjira mu gipolisi.Nkiri umukobwa muto nakundaga gukina umupira n’abahungu bo mu gace k’iwacu.

Uyu mupolisikazi yabwiye abanyamakuru ko kubera ubwiza bwe,abasore bamwirukaho bashaka kumutereta ariko benshi baba batazi ko ari umupolisikazi.

Afande Cele yavuze ko yifuzaga kuba umukinnyi ukomeye wa ruhago ariko bitamukundiye kubera ko yahise yinjira mu gipolisi cya Kenya gusa ngo aracyari umufana ukomeye wa Bandari FC.



Ibitekerezo

  • Ibi byitwa "gushurashura" (sexual immorality).Twibuke ko gukorakora umukobwa cyangwa undi muntu mudahuje sex bihanwa n’amategeko.Nta handi biba biganisha Atari ku busambanyi kandi Imana ibitubuza.Tugomba guhunga ibintu bitujyana mu gusambana,niba turi abakristu nyakuri.Tukamenya ko Imana ari Umuremyi wacu,waduhaye ubuzima.Kuki twayitura gukora ibyo itubuza?Niyo mpamvu yaduhaye Bible ngo ituyobore,aho kwikorera ibyo dushatse.Abanga kuyumvira,igihano nuko nayo itazabaha ubuzima bw’iteka.Bisobanura ko iyo bapfuye biba birangiye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa