skol
fortebet

Umurambo wagaragaye uri guseka nyuma y’amezi 2 uhambwe

Yanditswe: Wednesday 24, Jan 2018

Sponsored Ad

Umurambo w’uwitwa Luang Phor Pian wahoze ari umu monk ndetse akaba n’umuyoboke ukomeye w’idini ry’ababudisime,wagaragaye urimo guseka nyuma y’amezi 2 ashize uhambwe ndetse utarigeze ubora.
Uyu murambo ubwo watabururwaga n’abagize umuryango w’uyu mugabo wapfuye ashaje cyane ku myaka 92,basanze uri guseka bitangaza benshi.
Uyu mugabo wapfuye mu kwezi k’Ugushyingo 2016 azize uburwayi,yataburuwe nyuma y’amezi 2 apfuye maze abagize Umuryango we basanga ari kwisekera ndetse umurambo we utaraboze aho (...)

Sponsored Ad

Umurambo w’uwitwa Luang Phor Pian wahoze ari umu monk ndetse akaba n’umuyoboke ukomeye w’idini ry’ababudisime,wagaragaye urimo guseka nyuma y’amezi 2 ashize uhambwe ndetse utarigeze ubora.


Uyu murambo ubwo watabururwaga n’abagize umuryango w’uyu mugabo wapfuye ashaje cyane ku myaka 92,basanze uri guseka bitangaza benshi.

Uyu mugabo wapfuye mu kwezi k’Ugushyingo 2016 azize uburwayi,yataburuwe nyuma y’amezi 2 apfuye maze abagize Umuryango we basanga ari kwisekera ndetse umurambo we utaraboze aho aba bashyize hanze amafoto y’uyu murambo mu minsi mike ishize.

Uyu musaza ufite inkomoko muri Cambodia ariko wabaga muri Thailand,yakoreye ubuzima bwe bwose idina ya Budhism ahitwa Lopburi,yahambwe mu rusengero ariko muri iki cyumweru abayoboke be baje kureba umurambo we basanga utarabora ndetse uri guseka nkuko amakuru dukesha ikinyamakuru The Sun abitangaza.

Ibitekerezo

  • Iyi ni indi gihamya yerekana ko upfuye aba atitabye imana.Icyo amadini yita ROHO idapfa,ahubwo ijya mu ijuru,yahimbwe n’umugereki witwaga PLATO wasengaga ibigirwamana.Bible isobahura neza angiriko iyo dupfuye tuba tutumva (Umubwiriza 9:5).Ntabwo wakitaba imana kandi utumva.Dore ingero 2 zerekana ko iyo dupfuye tutitaba imana.ADAMU amaze gukora icyaha,imana yamubwiye ko azapfa akajya mu gitaka (Intangiriro 3:19).Ntabwo yamubwiye ko izamwitaba.Urundi rugero,igihe babwiraga YAKOBO ko umwana we YOZEFU yapfuye,yavuze ko napfa azasanga umwana we mu kuzimu (Intangiriro 37:34).Ntabwo yavuze ko azamusanga mu ijuru.Ikizere cy’umuntu upfuye,ni KUZUKA ku munsi w’imperuka,niba akiriho yarakoraga ibyo imana idusaba,akirinda ibyaha kandi akaba atariberaga mu byisi gusa (Yohana 6:40).

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa