skol
fortebet

Umusaza w’imyaka 68 yafashwe yambaye ubusa ari gusambanyiriza inka mu gihuru

Yanditswe: Wednesday 04, Sep 2019

Sponsored Ad

Umusaza w’imyaka 68 witwa Manoon Bunjin yatawe muri yombi azira gufatwa yambaye ubusa ari gusambanya inka y’umuturanyi we bituma urukiko rumuca akayabo k’ibihumbi 8000 by’amafaranga y’u Rwanda.

Sponsored Ad

Uyu musaza yafashwe yambaye ubusa amereye nabi iyi nka mu gihuru cyo mu gace kitwa Songkhla mu majyepfo ya Thailand.

Uyu Manoon yafashwe na nyiri iyi nka wahurujwe n’abantu babonye uyu musaza ari gusambanya inka ye bahita bajya kumubwira nawe polisi zisanga yambaye ubusa ari kumwe n’iyi nka imaze imyaka 2 ivutse.

Uyu musaza akimara gufatwa yahakanye ko yarimo gusambanya iyi nka,ahubwo yemeza ko yarimo gushaka ubwatsi gusa yatamajwe n’amafoto yafashwe yambaye ubusa buri buri.

Uyu musaza yaciwe amafaranga 300 akoreshwa muri Thailand yitwa Baht kubera ko yambariye ubusa mu ruhame gusa ntiyahaniwe gusambanya inka kuko mu mategeko yo muri iki gihugu nta tegeko ribihana.

Umukuru wa polisi y’ahitwa Hat Yai yagize ati “Twafashe Manoon tumuhata ibibazo aza kwemera ko yarimo gusambanya iyi nka.Maroon yaciwe amande y’ama Baht 300 kubera ko yambaye ubusa mu ruhame.”

Umugabo witwa Preecha Chaimunee w’imyaka 50 wabonye Manoon ari gusambanya inka yagize ati “Nari ntwaye imodoka numva nyiri inka ari gusakuza asaba ubufasha,mufasha gufata uyu musaza.Twabonye amasohora ku maguru ye no mu nka.Twahise dutekereza ko yari amaze gukora imibonano mpuzabitsina ubwo twari tuhageze.”

Uyu musaza yahise yambara imyenda ye bamujyana kuri polisi aho yemeye ko yasambanyije iyi nka ndetse ngo yari asanzwe asambanya inyamaswa.




Ibitekerezo

  • Itegeko Rihana ryo mu Rwanda (Penal Code) nomero 68/2018 rihanisha hagati y’amezi 6 n’umwaka umwe umuntu usambanyije itungo (bestiality).Ibi bikurikira byose ni ubusambanyi (porneia): Gusambana bisanzwe,bestiality,gutingana,attouchement sexuel,lesbianism,etc...Ni icyaha kizabuza ubuzima bw’iteka abantu benshi.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli Petero wa 2,igice cya 3,umurongo wa 13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa