skol
fortebet

Umusore ubabaje ubayeho mu bukene bukabije yarwaye indwara ituma abantu bamwikangamo baringa(AMAFOTO)

Yanditswe: Sunday 16, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Umusore wo mu Bushinwa, mu bukene bukabije abayeho nta nshuti agira ndetse rubanda bamwitiranya n’ibisimba kubera ubumuga afite ku mutwe bwanamuhinduye isura.
Uyu ni Umushinwa Chi Zhoujing ukomoka mu majyepfo y’u Bushinwa, ku myaka 24 abayeho mu buzima atishimiye nyuma yo kuvuka nk’abandi nyamara wa mubiri ubyara udahatse nyuma y’igihe gito ukamuhindura isura ku buryo nawe utagira ubushake bwo kumusuhuza kubera kumwikangamo baringa.
Nyamara uyu mugabo arababaje dore ko n’umuryango we (...)

Sponsored Ad

Umusore wo mu Bushinwa, mu bukene bukabije abayeho nta nshuti agira ndetse rubanda bamwitiranya n’ibisimba kubera ubumuga afite ku mutwe bwanamuhinduye isura.

Uyu ni Umushinwa Chi Zhoujing ukomoka mu majyepfo y’u Bushinwa, ku myaka 24 abayeho mu buzima atishimiye nyuma yo kuvuka nk’abandi nyamara wa mubiri ubyara udahatse nyuma y’igihe gito ukamuhindura isura ku buryo nawe utagira ubushake bwo kumusuhuza kubera kumwikangamo baringa.

Nyamara uyu mugabo arababaje dore ko n’umuryango we wagakwiye kumuvuza nawo ntako wibereyeho.

Ibi bituma uyu mugabo akomeza kubaho mu buzima atishimiye kandi bumubangamiye kuko usibye kuba nta n’inshuti agira nta n’ubwo abona kuko kiriya kibyimba cyamwangije isura ye yose kikarenga no kumaso.

Ibitekerezo

  • Manawe? Ndababaye gsa Allahu niwe uzasoza ibye ntakundi

    Andika Igitekerezo Hano. akwiye gusengerwa pe

    Yoooo,nukuri birababaje kubaho muriburiya buzima! Akwiye gukorerwa ubuvugizi nawe agahabwa ubuvuzi bwo muri reta, cyangwa bo ntabuyobozi bwiza bafite nkubw’abanyarwanda dufite ?

    Uwo musore akwiye
    gusengerwa.Birababaje
    Imana ibane nawe

    Bazatubwire icyo bisaba kumuvuza wasanga twe ubuyobozi bwacu bumufashije niba abashinwa batagira umutima w’impuhwe.abanyarwanda dushobora kugira icyo twigomwa twe twatojwe ubumuntu.

    Bazatubwire icyo bisaba kumuvuza wasanga twe ubuyobozi bwacu bumufashije niba abashinwa batagira umutima w’impuhwe.abanyarwanda dushobora kugira icyo twigomwa twe twatojwe ubumuntu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa