skol
fortebet

Umusore w’ umwirabura waciwe ikiganza azira ko yakoze icyaha mu gisibo

Yanditswe: Sunday 30, Sep 2018

Sponsored Ad

Umusore w’ umwimukira mu gihugu cya Arabia Soudite yaciwe ikiganza cy’ ibumoso azira ingeso yamubase yatumye akora icyaha mu gisibo cy’ Abayisilamu Ramadhan.

Sponsored Ad

Uyu musore wari mu masengesho y’ abayisilamu mu musigiti wa Al Bahah ingeso yo kwikinisha yaranze abikora arikorera mu musigiti bituma abantu benshi bazabiranywa n’ uburakari abandi basohoka ku bwinshi.

Umuryango w’ uyu musore watangaje ko uyu musore afite ikibazo cyo mu mutwe ndetse ko hari ubwo ajya yikinisha arimo gusoma koruwani cyangwa arimo gusenga.

Nyina yagize ati “Umuhungu wanjye ntabwo njya mujyana aho mbonye hose kuko aho ari hose arikinisha, bisa n’ aho ikiganza cye cy’ ibumoso gifite umuzimu ugitera gukora ibibi”

Uyu mubyeyi yatangarije ikinyamakuru Worlddailynews ko umuryango wabo umaze kwinjira gukena kubera ko ihene zabo zose bazishe kuko uyu muhungu yagirana nazo umuhano itemewe.

Umucamanza Muhammad Al-Wahari yategetse ko uyu musore acibwa ikiganza cy’ ibumoso mu rwego rwo kumworohereza igihano kuko yari yakoze icyaha gikomeye nk’ uyu mucamanza yabitangaje.

Uyu mucamanza yavuze ko uyu musore nakomeza iyi ngeso azacibwa n’ ikiganza cy’ iburyo gisigaye.

Uyu mucamanza yanagiriye uyu muryango inama yo gushaka abaganga bakita ku bibazo cy’ uyu mwana.
Mu idini ya Islam bagira itegeko bita sharia aho ukoze icyaha ahabwa ibihano bikarishe aho umuntu uhamwe n’ icyaha gikomeye ahanishwa ibiboko, guterwa amabuye cyangwa kwicwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa