skol
fortebet

Umusore yasambanyije umurambo nyuma yo gucika abari bawurinze bakamufata arangije

Yanditswe: Monday 24, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Burya abantu bateye uburyo butandukanye, ni gacye cyane umuntu kuba yatekereza kuryamana n’umurambo mu gikorwa cyo gusambana , icyababaje abantu benshi ni uburyo Umusore witwa Kasim Shazada Khurum w’imyaka 23 yaciye mu rihumye abantu bari barinze umurambo mu mujyi wa Birmingham mu Bwongereza,niko kuwusambanya afatwa arangije igikorwa.

Sponsored Ad

Kasim Shazada Khurum yafashwe ku wa 11 Ugushyingo ari gusambanya uyu murambo niko gutabwa muri yombi ashyikirizwa urukiko rwa Birmingham ruzamukatira urumukwiye mu mwaka utaha.

Khurum yavuze ko atigeze asambanya uyu murambo,ahubwo yinjiye mu nzu warimo agiye kwiba atigeze agambirira kuwusambanya nubwo ibipimo byagaragajwe ko wasambanyijwe.

Byavuzwe ko uyu mugabo yataye umutwe kubera kubura akazi ndetse bivugwa ko gusambanya uyu murambo yabitewe n’uburwayi bwo mu mutwe yari afite.

Kasim Shazada Khurum akimara gusambanya uyu murambo warapimwe basanga hari DNA ze ziwurimo.

Ibitekerezo

  • Ntabwo ari uyu wenyine ubikoze.No muli 1994 interahamwe zasambanyije abagore n’abakobwa zabaga zimaze kwica.Sex izatuma abantu nyamwinshi babura ubuzima bw’iteka.Nicyo cyaha gikorwa n’abantu benshi kurusha ibindi.Gikorwa na millions and millions z’abantu.

    Cyangwa niwowe nterahamwe wivuga??? baraguhamagaye uza kureba ,???

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa