skol
fortebet

Umwana w’imyaka 16 ari mu byishimo kubera gutsindira itike yo kujya mu kirori cyo gukora imibonano mpuzabitsina cya Sex Island

Yanditswe: Tuesday 11, Dec 2018

Sponsored Ad

Umwana w’imyaka 16 witwa Brian ukomoka mu mujyi wa New York muri USA niwe watsindiye itike imwe rukumbi yari imaze iminsi ihatanirwa n’ibihumbi amagana by’abagabo bo ku isi, yo kwerekeza mu birori bizamara iminsi 4 byo gukora imibonano mpuzabitsina bizwi nka Sex Island.

Sponsored Ad

Uyu mwana wavuze ko atarakora imibonano mpuzabitsina na rimwe mu buzima bwe, niwe watsindiye iyi tike ya zahabu nyuma yo kugura igikapu n’igifubiko cya telefoni akoresheje Credit card ya se yari yibye ku rubuga rwa Sex Island.

Mu kwezi gushize nibwo abategura ibi birori bya Sex Island bavuze ko bazatanga itike y’ubuntu yo kwitabira ibi birori by’ubusambanyi ku munyamahirwe uzagura kimwe mu bicuruzwa byabo byari ku rubuga rwa Internet none byarangiye Brian ayitsindiye ahigitse ibihumbi amagana by’abagabo bayishakaga cyane.

Uyu mwana w’imyaka 16 watanze amadolari 60 ya US agura igikapu n’igifubiko cya telefoni byanditseho Sex Island,ari mu byishimo byinshi cyane kuko agiye kwimara ipfa ryo gukora imibonano mpuzabitsinaku nshuro ye ya mbere.

Yagize ati “Nyuma yo kureba video yamamaza Sex Island nifuje kuyitabira gusa sinatekerezaga ko natsinda.Nakoresheje credit card ya papa ntabimubwiye none natsinze.Ntabwo nabasha gusinzira kuko ntegereje kwerekeza kuri iki kirwa.Ndashaka gukora imibonano mpuzabitsina bwa mbere.Gukora imibonano mpuzabitsina bwa mbere muri ubu buryo biranshimishije.”

Nakiriye Email mu cyumweru gishize bambwira ko natsinze.Byarangoye kubyakira,numvaga ndi kurota.Mbibwiye ababyeyi banjye barandakariye cyane.Papa yasomye ibyerekeye Sex Island anyemerera kujyayo ndetse ashakira ibyangombwa kuko nkiri muto.

Kuva natsinda mama ntarongera kumvugisha mu gihe papa we yifuzaga ko tujyana gusa ntibyashoboka.yangiriye inama z’uko nkwiriye kwitwara ndetse ansaba kwirinda uburwayi.”

Brian yavuze ko nyina yamaganye ibyo kwerekeza muri sex Island ariko ntacyo byatanze kuko uyu mwana arihuza n’abandi uyu munsi dore koi bi birori bizatangira kuwa 14 bigeze kuwa 17 Ukuboza uyu mwaka.

Abagabo 50 bamaze kwishyura amatike yo kwerekeza kuri iki kirwa kujya gusambanirayo n’abakobwa bakomoka muri Amerika y’Amajyepfo aho mu minsi 4 ibi birori bimara buri mugabo ahabwa abakobwa 2 bo gusambanya akajya agenda agurana na bagenzi be.

Ubu busambanyi bwo ku kirwa buzabera kuri kimwe mu birwa bigize caraibe ndetse hazajya haba amarushanwa ya Tennis na Golf uyatsinze ahabwe igihembo cyo gusambanya mu minota 30 abakobwa 90 bazitabazwa muri iyi sex island.

Abagabo bitabira iki kirori cy’ubusambanyi bishyura ibihumbi 5 by’amapawundi muri iyi minsi 4 bakimara ipfa ry’ubusambanyi n’aba bakobwa babanza gupimwa indwara kugira ngo bemererwe gusambana n’abakiliya.






Brian yatsindiye itike yo kwerekeza muri sex island iberamo ubusambanyi bukabije

Ibitekerezo

  • Hanyuma ukumva ngo Amerika iri gufatira ibihugu ibihano ngo kuko "bidaha agaciro ababagore"????

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa