skol
fortebet

Umwongereza amaze iminsi 9 igitsina cye gifite umurego ukabije nyuma y’impanuka yakoze

Yanditswe: Saturday 01, Jun 2019

Sponsored Ad

Umugabo ukomoka mu Bwongereza amaze iminsi mu buribwe bukomeye kuko yakoze impanuka ari kuri moto imwe mu minsi ijyana amaraso mu bice by’umubiri iracika iyayobora mu gitsina cya kimara iminsi 9 gifite umurego ukabije.

Sponsored Ad

Uyu mugabo yahuye n’isanganya kuko igitsina cye cyafashe umurego wo ku rwego rwa kane “grade IV”byatumye ajya kwa muganga cyane ko aya maraso yatumye igitsina cye gifata umurego yakomezaga kwiyongera.

Igikomere yagize hagati y’imyanya y’ibanga no ku kibuno cye [anus],cyatumye amaraso menshi ayobera mu gitsina cye gifata umurego ukabije cyane byatumye uyu mugabo amara iminsi 9 atorohewe.

Abaganga bavuze ko uku gufata umurego kw’igitsina cy’uyu mugabo ,kwari kurengeje urugero ku buryo byari kumugiraho izindi ngaruka zikomeye iyo atajya kwa muganga.

Ikinyamakuru Case Reports in Urology cyavuze ko nubwo uyu mugabo ataribwaga n’iki gitsina cye,atabashije kugira aho ajya kubera ko iki gitsina cye cyari kumusebya kubera ko cyamaze iminsi gifite umurego ukabije.

Abantu bagera kuri 95 ku ijana by’abantu ibitsina byabo bifata umurego ukabije kubera amaraso abiyoberamo ahanini bitewe no gucika kw’imiyoboro y’amaraso.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa