skol
fortebet

Viterineri yafashwe amashusho ari gusambana n’ imbwa

Yanditswe: Monday 27, Aug 2018

Sponsored Ad

Umugabo w’ umuvuzi w’ amatungo wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere yatawe muri yombi nyuma yo kugaragara mu mashusho yafashwe na kamera zicunga umutekano arimo gusambanya imbwa nyinshi, gusa we avuga ko ntayo yasambanyije kugahato.

Sponsored Ad

Dr. James Thompson abaturage bavuga ko bamushyiraga imbwa zabo ngo azivure bakazitahana zivirirana amaraso mu myanya y’ ibanga ariko ntibasobanukirwe.

Polisi yashyize kamera mu ivuriro ry’ uyu mudogiteri w’ amatungo mu rwego rwo gukora iperereza kuri iki kirego. Ari polisi ndetse n’ uyu mudogiteri bose baratunguwe ubwo babonaga amashusho y’ uyu muvuzi n’ ibyo yakoreraga imbwa abaturage babaga bamuzaniye ngo azivure. Uyu mugabo ntabwo yari aziko izo kamera polisi yazishize mu ivuriro rye. Mu gihe cy’ ibyumweru 2 izo kamera zamaze muri iryo vuriro amashusho agaragaza ko Dr. Thompson yasambanyije imbwa 19 zirimo poodles, bichons, na chihuahuas.

Umuvugizi wa Polisi ya Leta ya Missouri Lt. Frank Simmons yabwiye itangazamakuru ko ibyo uyu mugabo yakoze ari ubunyamaswa ndetse ko bishobora kuba byarateye ihungabana ayo matungo arinda urugo.

Abapolisi barebye ayo mashusho bavuga ko uyu mugabo mbere yo gutangira gusambanya izo mbwa yabanzaga akazishumika mu ijosi kugira ngo zidatera amahane.

Iperereza rya polisi ryerekanye ko uyu mugabo yasambanyije imbwa 300, ariko ngo ni amakuru babashije kumenya bakeka ko muri rusange imbwa yasambanyije zirenga 1000 kuko amaze imyaka 17 ari umuvuzi w’ amatungo.


Captain Tommy Wright

Umuyobozi wa Polisi Captain Tommy Wright yabwiye itangazamakuru ko bagikomeje iperereza kuri uyu muviterineri gusa ngo bihutiye kumuta muri yombi ngo adakomeza kuyogoza amatungo y’ abaturage. Captain Wright avuga ko Dr Thompson ashobora kuba yarasambanyije imbwa zigera ku bihumbi 5

Dr. Thompson nyuma y’ amasaha make atawe muri yombi yatanze ingwate ararekurwa, maze ambwira itangazamakuru ko nta nyamaswa yasambanyije ku gahato ko ahubwo yabaga yabyumvikanyeho n’ izo mbwa.

Biteganyijwe ko mu Ugushyingo 2018 aribwo uyu mugabo azagezwa imbere y’ urukiko.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa