skol
fortebet

Yafatiwe kwa Sebukwe asambana n’ indaya mu kiriyo cy’umugore we [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 05, Jan 2018

Sponsored Ad

Umunyazimbabwe yakoze ibidasanzwe nyuma yo gutungurwa n’imbaga y’Abantu bamuguye hejuru aryamanye n’indaya ubwo hakorwaga umuhango w’Ikiriyo ku mugore we wari umaze iminsi Yitabye Imana,icyatunguranye cyane uyu mugabo uzwi ku mazina ya Luscious Chiturumani yafatiwe mu rugo kwa Nyirabukwe ariho arikwihera akabyizi mu gace kitwa Gweru muri Zimbabwe.
Mugihe abandi bari mu kababaro ko kuba babuze umuntu, uyu mugabo nubwo yari umugorewe ibyo ntibyari bimufasheho icyingenzi kwari ukubona uwo (...)

Sponsored Ad

Umunyazimbabwe yakoze ibidasanzwe nyuma yo gutungurwa n’imbaga y’Abantu bamuguye hejuru aryamanye n’indaya ubwo hakorwaga umuhango w’Ikiriyo ku mugore we wari umaze iminsi Yitabye Imana,icyatunguranye cyane uyu mugabo uzwi ku mazina ya Luscious Chiturumani yafatiwe mu rugo kwa Nyirabukwe ariho arikwihera akabyizi mu gace kitwa Gweru muri Zimbabwe.

Mugihe abandi bari mu kababaro ko kuba babuze umuntu, uyu mugabo nubwo yari umugorewe ibyo ntibyari bimufasheho icyingenzi kwari ukubona uwo yivuriraho umugongo dore ko atigeze anagirira ubwoba bwo kuzana indaya kwanirabukwe yitwaje amanyanga y’uburaya.

Iyi ndaya bamusanganye yayizanye avuga ko ari mushiki we igihe bajyaga gushyingura umugore we kwa nyirabukwe kubera atariyakamaze kwishyura inkwano yose. Nyuma yaho baje guhabwa icyumba nka gashiki na gasaza cyo kuruhukiramo niko gutangira icyari kibaraje ishinga bibagirwa iby’amarira abandi barikurira,gusa nyuma yaho baje gutungurwa bafashwe mpiri n’imbaga y’Abantu baribaje kubareba kubera bari bamaze igihe kirekire badasohoka ngo baze kwihuza n’abandi mu kababaro.

Mu gitondo umwe mu bari baje gushyingura igihe yatumuraga agatabi hanze hafi y’idirishya ry’icyuma bari baryamyemo yaje kumva amajwi y’abantu bari mu gikorwa maze ahamagara bagenzi be ngo baze bumve, niko kuza bihutira kumenya abaribo kubera igihe bataraga ibyishimo byo kuryamana abandi bababaye.

Ikinyamakuru Metro kivuga ko umwe mu bari baje gutabara yatangaje ko uyu mugabo yabateje ikimwaro ari ibintu bibabaje cyane atari yakabonye mu buzima bwe,avuga ko yatunguwe n’ibitekerezo abonanye Luscious Chiturumani. Ati: “Ni umugabo mugenzi wanjye ariko sinatinya kumwita Imbwa”.

Mu gitondo umwe mu bari baje gushyingura igihe yatumuraga agatabi hanze hafi y’idirishya ry’icyuma bari baryamyemo yaje kumva amajwi y’abantu bari mu gikorwa maze ahamagara bagenzi be ngo baze bumve, niko kuza bihutira kumenya abaribo kubera igihe bataraga ibyishimo byo kuryamana abandi bababaye.

Ikinyamakuru Metro kivuga ko umwe mu bari baje gutabara yatangaje ko uyu mugabo yabateje ikimwaro ari ibintu bibabaje cyane atari yakabonye mu buzima bwe,avuga ko yatunguwe n’ibitekerezo abonanye Luscious Chiturumani. Ati: “Ni umugabo mugenzi wanjye ariko sinatinya kumwita Imbwa”.

Abo bombi basohowe nabi bajyanwa mu modoka bambaye uko bari bameze bahabwa inkwenene narubanda abahisi n’abagenzi barashungera ndetse abenshi banifuza ko babakubita bakumva uko babaye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa