skol
fortebet

Yicaraga nk’uwicariye amagi kubera ingano y’igitsina cye(AMAFOTO)

Yanditswe: Friday 27, Oct 2017

Sponsored Ad

skol

Mu gihugu cya Kenya umusore wari wibitseho ubugabo bunini kurusha abandi ku isi ubuzima bwe bwamaze guhinduka nyuma yo kubagwa akaruhurwa umutwaro wari umuremereye cyane wanatumye yikura mu ishuri.
Uyu musore uri mu kigero cy’imyaka 20 abamuzi bemeza ko ibi byatangiye kumubaho agifite imyaka 10 ndetse aza no gufata umwanzuro wo kwikura mu ishuri mu mwaka wa 2006 nyuma y’uko abandi banyeshuri bamusekaga cyane. Uyu musore witwa Horace Owiti Opiyo uzwi nka Forence nta mwambaro yabonaga ubasha (...)

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Kenya umusore wari wibitseho ubugabo bunini kurusha abandi ku isi ubuzima bwe bwamaze guhinduka nyuma yo kubagwa akaruhurwa umutwaro wari umuremereye cyane wanatumye yikura mu ishuri.

Uyu musore uri mu kigero cy’imyaka 20 abamuzi bemeza ko ibi byatangiye kumubaho agifite imyaka 10 ndetse aza no gufata umwanzuro wo kwikura mu ishuri mu mwaka wa 2006 nyuma y’uko abandi banyeshuri bamusekaga cyane.

Uyu musore witwa Horace Owiti Opiyo uzwi nka Forence nta mwambaro yabonaga ubasha kubika neza ubugabo bwe ngo bubure kugaragara kubera ubunini bwabwo.

Ngo uyu musore yarumwe n’agakoko akiri muto ndetse bikavugwa ko ariyo ntandaro y’ubwikube budasanzwe bw’igitsina cye dore ko kiyongereyeho inshuro makumyabiri zose ku gitsina yakagombye kuba afite.

Ibi byaje gutuma uyu musore yibera mu buzima bwa wenyine nta bandi bantu asabana nabo uretse umuvandimwe we witwa Eliza na nyirakuru babanaga gusa.

Uyu musore ibi bikimara kuba yabwiye nyirakuru we ati " Narumwe n’agakoko karanyanduza, ariko ibi namubwiraga sinari mbyizeye neza, gusa icyo nibwiraga kandi nari nzi neza ni uko itari imirimo y’Imana ahubwo yari iya Satani"

Akimara kubagwa yariruhukije kubera umutwaro wari waramubereye ikigeragezo yari amaze gutura

Uyu musore akomeza avuga ko atashoboraga kwicara kuko byari bimeze nk’aho ari amagi agiye kwicarira.

Bamwe bagiye bamugira inama yo kugana abavuzi ba gihanga/abapfumu ariko akabitera utwatsi.

Umuturanyi we niwe waje gufotora ubugabo bwe abushyira ku rukuta rwa facebook asaba ubufasha haza kuboneka umugiraneza wiyemeje kumuvuza, bohereza ambulance iraza iramufata imugeza kwa muganga bamwitaho baramubaga.

Nyuma yo kubagwa ubu ameze neza nta kibazo arashima Imana n’abagiraneza bamufashije.

Ibitekerezo

  • imana ishomwe niyoyabikoze

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa