skol
fortebet

Ukora amasuku muri Kaminuza yiyahuye ku igorofa rirerire nyuma yo gufatwa ashaka gufata ku ngufu umunyeshuri

Yanditswe: Monday 22, Apr 2024

featured-image

Sponsored Ad

Ukora isuku muri kaminuza yo mu mujyi wa Accra yitwa University of Professional Studies (UPSA), bivugwa ko yasimbutse mu igorofa rya 7 arapfa,ahunga nyuma yo gufatwa ashaka gusambanya ku ngufu umunyeshuri.

Sponsored Ad

Ibinyamakuru byo muri Ghana byemeje ko uyu ukora isuku muri UPSA yasimbutse akava ku igorofa rya 7 ahunga ibihano yashoboraga guhura nabyo kubera gushaka gusambanya uyu munyeshuri.

Ibi byabaye nyuma y’uko uyu munyeshuri w’umukobwa avugije induru maze abantu bari muri iyo nyubako barahurura.

Ibinyamakuru byo muri Ghana ntabwo byavuze igihe ibi byabereye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa