skol
fortebet

Dore amagambo aryohera amatwi y’abagore

Yanditswe: Friday 02, Dec 2016

Sponsored Ad

skol

Ni byiza ko umukunzi wawe umubwira amagambo amunogeye kugirango arusheho kukwiyumvamo cyane, ndetse ntagire n’icyo aguhisha igihe mutari mu bihe byiza by’urukundo rwanyu.
Aya namwe mu magambo wabwira umukunzi wawe bigatuma urushaho kugubwa neza cyane ndetse akanagukunda kurushaho.
1. Iyo umukunzi wajye aza kuba ikiyaga,nta butaka bwari kuzabaho,Iyo umukunzi wajye aza kuba ubutayu,wari kuzabona umucanga gusa,iyo umukunzi wajye aza kuba inyenyeri imurika nijoro,hari kubaho urumuri gusa kandi (...)

Sponsored Ad

Ni byiza ko umukunzi wawe umubwira amagambo amunogeye kugirango arusheho kukwiyumvamo cyane, ndetse ntagire n’icyo aguhisha igihe mutari mu bihe byiza by’urukundo rwanyu.

Aya namwe mu magambo wabwira umukunzi wawe bigatuma urushaho kugubwa neza cyane ndetse akanagukunda kurushaho.

1. Iyo umukunzi wajye aza kuba ikiyaga,nta butaka bwari kuzabaho,Iyo umukunzi wajye aza kuba ubutayu,wari kuzabona umucanga gusa,iyo umukunzi wajye aza kuba inyenyeri imurika nijoro,hari kubaho urumuri gusa kandi iyo umukunzi wajye aza kuba atanga amababa nari kuguruka nkajya mu kirere.

2. Ntabwo nita uko bikomeye kuba turi hamwe kuko nta cyiza nko guhora nkubona iruhande rwajye.

3. Namaze kwishyiramo ko urukundo atari byose twifuza gusa urukundo ni byose aho uri.

4. Nkukunda nkuko umuntu uri kurohama aba ashaka umwuka wo guhumeka.

5. Mu nseko yawe mbonamo ikintu cyiza kurenza inyenyeri.

6. Wari ufite kumfata ukuboko igihe gito ariko wowe wakumfashe iteka ryose.

7. Sinzigera menya niba byanshobokera guhagarika kugutekereza kuko ntazigera nabigerageza.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa