skol
fortebet

Dore ibimenyetso bigera kuri 4 utaruzi bizakwereka umukobwa wagize ubushake bukabije bwo gutera akabariro

Yanditswe: Wednesday 18, May 2016

Sponsored Ad

skol

Kumarana umwanya n’umukunzi wawe, kimwe no kumukorakora bishobora gutuma umukobwa mugira ubushake bwinshi bwo gukora imibonano mpuzabitsina. Ku gitsinagabo ho bishobora guhita bigaragara kuko igitsina gifata umurego ku buryo bugaragara.
. Gukora imibonano mpuzabitsina . Umukobwa wagize ubushake bwo gutera akabariro
Ibyerekana umukobwa ufite ubushake bwinshi
Mu busanzwe rero abakobwa iyo bashaka gukora imibonano mpuzabitsina barabihisha cyane ariko ubushake bwabo burya bukunze kuba (...)

Sponsored Ad

Kumarana umwanya n’umukunzi wawe, kimwe no kumukorakora bishobora gutuma umukobwa mugira ubushake bwinshi bwo gukora imibonano mpuzabitsina. Ku gitsinagabo ho bishobora guhita bigaragara kuko igitsina gifata umurego ku buryo bugaragara.

. Gukora imibonano mpuzabitsina
. Umukobwa wagize ubushake bwo gutera akabariro

Ibyerekana umukobwa ufite ubushake bwinshi

Mu busanzwe rero abakobwa iyo bashaka gukora imibonano mpuzabitsina barabihisha cyane ariko ubushake bwabo burya bukunze kuba bwinshi cyane mu gihe cyabo cy’uburumbuke. Kugira ngo uzabone umukobwa ukubwira ko yifuza ko muryamana ni imbonekarimwe kuko n’iyo yaba umugore wawe mubana ntabivuga ahubwo aca kuruhande agakoresha amarenga.

N’ubwo bwose abakobwa iyo bashaka imibonano mpuzabitsina babihisha ariko nitwakwiyibagiza ko bafite umubiri wa kimuntu utuma nabo bagira ubushake bukabarenga ukaba wabibona.

Ibi ni ibimenyetso bizakwereka umukobwa wagize ubushake bwinshi bwo gukora imibonano bikamurenga:

Kumira amacandwe

Umukobwa wagize ubushake cyane uzasanga akenshe arimo kumira amacandwe buri kanya kandi akayamira ubona atamanuka kuko aba yacitse intege rimwe na rimwe no kuvuga bikaba igorabahizi ijwi ntirisohoke neza wagirango yasinze.

Gutukura amaso

Umukobwa ufite ubushake burenze bwo gutera akabariro akenshi amaso ye aratukura kandi akazamo amarira wamureba ukabona yirebesha icyoroshye. (amaso yayateretse)

Guhinduka umunyantege nke

Iyo umukobwa yafashwe aba yacitse intege kuburyo akenshi icyo umukoresha cyose agikora ni ukuvugango aho umujyanye ni ho ajya kabone n’ubwo yakabaye ari kubyanga ushobora kumva avuga ati oya ariko ukabona ari kubikora.

Gutosa ikariso

Iyo yagize ubushake bwinshi usanga mu gitsina cye ububobere bwiyongereye ku rwego rwo hejuru kuburyo bigera no ku myenda y’imbere bikaba byagera aho bihinguka n’inyuma.

Ibitekerezo

  • yaya murabisobanura umuntu agahita agira ubushake bwabyo

    Barabivuga Man! Hari kera baceceka!

    abakobwa bajye bihangana babibwire abakunzi babo.

    Niba wabishatse ngwino nguhe

    ntwari mugire amahoro

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa