skol
fortebet

Dore ibimenyetso bizakwereka ko umugore wawe wamubihirije mu gihe cyo gutera akabariro

Yanditswe: Wednesday 03, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

Imibonano mpuzabitsina ikorwa buri muntu agamije kugera ku ndunduro y’ibyishimo, iyo atabigezeho, umutima we usigarana intimba ku buryo bishobora no kumuviramo no kuyihurwa burundu.

Sponsored Ad

Ibimenyetso bizakwereka umugore utageze kuri ibyo byishimo:

1.Umushiha: Mu gihe umugore ayageze ku byishimo yifuzaga mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, uzamubwira n’umushiha asigarana, wamuvugisha akakwuka inabi.

2.Kwiyumvira cyane: Ubundi iyo umugore arangije mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, akomeza kukwitegereza mu maso, ukabona ko yishimye ndetse akaba yanakomeza kugukinisha, utageze ku byishimo, ubona ahise ajya mu isi ye bwite, mbese agahita yigunga.

3.Gufata igitsina cy’umugabo: Iyo yumvise umugabo atangiye gucika intege, ahita yirukankira gufata igitsina cye, akagikomeza cyane agira ngo kidata umurego, muri ayo masegenda akomeza kugikinisha ngo arebe ko cyagarura umurego vuba.

4.Kubabara: Umugore wari ugeze ku gipimo cyo kuba yarangiza, ariko ntagere kuri ibyo byishimo, akenshi asigara aribwa cyane cyane mu kiziba cy’inda.

5.Kwikuba ku mugabo: Ku mugabo ushabutse ashobora gukomeza agafasha umugore, akaba yakoresha ururimi cyangwa intoki mu gitsina cy’umugore, bamwe mu bagore barabikunda kimwe n’uko hari abatabyemera kuko bibangiza, muri ako kanya akwikubaho agirango arebe ko hari ubundi buryo wamufashamo kuko aba agurumana, ibyo abona ntacyo ukora nibwo ahita abivamo.

Guhurwa imibonano: Umugore utajya agera ku ndunduro y’ibyishimo, ageraho agahurwa imibonano mpuzabitsina.
7.Kurwara umutwe: Abagore batagera ku ndunduro y’ibyishimo akenshi bakunze kurwara umutwe udakira, mu gihe cyose akoze imibonano n’ubundi ntiyishime kuri urwo rwego, wa mutwe we utangira kumubagagura.

8.Kwikinisha: Iyo umugore arongowe ntarangiza, akabona umugabo we amaze kurangiza kandi atari bwongere gufata umurego vuba, uzasanga ahise akinisha ibice bye by’ibanga kugira ngo nawe abashe kwigeze kuri ibyo byishimo.

9.Kubura ibitotsi: Nk’uko byavuzweho haruguru, umugore utageze ku ndunduro y’ibyishimo, abura ibitotsi kandi bikaba ikimenyetso cya wa mutwe uba umurya, agakomeza gutekereza byinshi bikamurenga.

10.Gutegura umugambi wo guca inyuma umugabo, nta kabuza umugore utagera ku ndunduro y’ibyishimo, nubwo akokanya adahita akubwira ko azaguca inyuma ariko mu ntekerezo ze aba arimo kubyigaho, nugira ibyago akagenda akabona umushimira aho yifuza, kazaba kabaye, azahita aguta.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa