skol
fortebet

Dore ibiribwa bituma igitsina cy’umugabo gikura

Yanditswe: Thursday 19, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Hari abagabo benshi usanga baterwa ipfunwe n’ingano y’igitsina cyabo,ndetse bikaba byaba n’intandaro y’amakimbirane hagati y’abashakanye kubera ko umugabo adashimisha umugore we mu buriri. Nyamara iki ni ikibazo cyo kugwingira kw’igitsina gabo ibyo bita Penile Atrophy.

Sponsored Ad

Ese waba uzi ibyo kurya byagufasha kongera ingano y’igitsina cyawe? Muri iyi nkuru ni byo tugiye kugarukaho. Urahita umenya ibyo wajya wibandaho mu mirire niba ufite icyo kibazo

Ibi nibyo biribwa byagufasha mu gukura kw’igitsina

Nkuko tubikesha ikinyamakuru cyandika ku buzima cyitwa VKool mu nkuru bahaye umutwe ugira uti” Natural Foods For Penis Enlargement”ngibi ibiribwa byagufasha kongera igitsina cyawe:

1. Imineke

Buriya imineke ikungahaye cyane kuri Potasiyumu (Potassium),Iyi rero ifasha gukora neza k’umutima ndetse igatuma n’amaraso atembera neza mu bice bitandukanye mu mubiri,ibi rero bituma igitsina cyawe kibona amaraso ahagije bigatuma gikura neza.

2. Epinari

Izi mboga nazo ubushakashatsi bwagaragaje ko zigira uruhare mu gutuma igitsina cy’umugabo gikura neza,ndetse kikabona intungamubiri zihagije ibyo bigatuma kitagwingira.Niba rero utajyaga uzirya,iki ni cyo gihe.

3. Amafi yo mu bwoko bwa Salmon

Aya mafi agira amavuta meza afasha gusukura imitsi y’amaraso bigatuma amaraso atembera neza akagera mu bice byose by’umubiri,Iyo rero imitsi igaburira amaraso igitsina gabo,bituma gifata umurego neza ndetse kikanakura neza ntikigwingire.

4. Ibitunguru

Ibitunguru bikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye,nka Vitamini, ndetse n’ibindi bita antioxydants na phytochemicals,ibi rero bifasha gukura neza kw’igitsina.Kurya ibitunguru nko kuri Salade nibyo byiza kurushaho.

5. Watermelon

Imbuto bita Watermelon ni nziza cyane kuko zifitemo ikinyabutabire bita citrulline,iki rero kikaba kizwiho gutuma imitsi y’amaraso irambuka neza,bigatuma igitsina kibona amaraso ku buryo buhagije.

6. Urusenda

Ni kenshi uzabona nk’umugore atetse ibiryo agashyiramo agasenda kugira ngo umugabo nabirya aze kugira ubushake ndetse no gutera akabariro bize kugenda neza,ibi rero nibyo kuko urusenda rugira za Potasiyumu,ubutare ndeste na Magnesium,rugira kandi nibindi binyabutabire bituma amaraso atembera neza mu mubiri ndetse n’igitsina kikabona intungamubiri bityo ntikigwingire.

7. Tungurusumu

Izi zigira ibyo bita allicin bifasha amaraso gutembera neza mu myanya ndangagitsina,ibi rero bigafasha umugabo gushyukwa neza.Aha ushobora gukoresha utunini dukoze mu muri tungurusumu kugira ngo wirinde impumuro yazo ibangamira benshi.

Ese wari uzi ko hari imiti ikoze mu bimera yafasha igitsina cyawe gukura ?

Nkuko tumaze kubibona harugu,ni byiza gukoresha biriya biribwa ndetse n’ibindi tutavuze kuko bituma igitsina cyawe kitagwingira, Gusa nanone hari igihe ubirya nabi cyangwa se ukaba ubirya igitsina cyawe kikaba cyarakomeje kugwingira kandi bikaba bikubangamiye.

Ubu rero habonetse imiti ikoze mu bimera kandi ikaba itunganyije neza, irizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ifite ubuziranenge butangwa n’ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and Drug Administration),Ikaba ituma amaraso atembera neza mu myanya ndangagitsina y’umugabo ndetse ikanafasha kongera imisemburo y’umugabo iyo yagabanyutse. Muri iyo miti twavugamo nka: Vig power Capsules, Garlic Oil Capsules, Zinc Tablets, Pine pollen Tea,…

Ibitekerezo

  • murakoze kutubwira ibwiza byokumenya umubiri yacyu uburyo ikora nuburyo bwimirire kujyirango tubashe kwiyubacyira ingo zima zizira amacyimbirane mugutera akabariro muburiri ariko bisabire bavandimwe ntago mwashyiraho uburyo bwahumuntu yagura iyomiti icyindi harushobora kuba atabasha gutegura iyo mirire muvuze haruguru nkuvarero mwatanga uburyo umuntu yabona ubufasha bwamufasha kubabonaho byihuse arugutanga inomero za terefone cyangwa nubudi buryo bworoshye mwabona nukuri murakoze gutecyereza kumuryango nyarwanda kuku ingo zirasenyuka rwose pe mudufashe mudushacyire iryovuriro hafi nukuri pe

    nonese uwomuti wongera igitsina abobavuzi gakondo bakorerahe

    Nibyiza muko mereze aho nukuri nibyiza

    MFITE IKIBAZO CYO KUTABYARA KANDI MFITE UBUSHAKE MPUMIBONANO MPUZABITSINA

    Nuwuhe muti watuma igitsina gikura mubunini no muburebure

    Ibi ni byiza kuko umugabo udatera akabariro nta mugabo uba amurimo!

    Ntakuntu iyomiti twajya tiyigurira online

    Muturangire aho iyo miti igurirwa cyangwa aho twayishakira.

    oy ntavy twaritux

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa