skol
fortebet

Dore ibyiza byo gukora imibonano mpuzabitsina ku mugore umaze igihe gito abyaye

Yanditswe: Wednesday 15, Nov 2017

Sponsored Ad

skol

- Umugore umaze igihe gito abyaye
- Ni ryari umugore akora imibonano nyuma y’uko abyaye?

Sponsored Ad

Umubyeyi iyo abyaye agira ububabare bwinshi cyane cyane mu myanya myibarukiro kuburyo bigoranye kumubwira ibyo gutera akabariro. Nyamara nanone abenshi bavugako gutera akabariro muri iyo minsi bimufasha komora ibikomere yagize abyara.

Abantu bamwe bavuga ko iyo umugore abyaye ntabonane n’umugabo muri iyo minsi akimara kubyara ngo ashora kuba adakira vuba nk’uwakoze imibonano mpuzabitsina nk’uko abagore bafite abagabo kandi bamaze kubyara inshuro zirenze imwe babivuga.

Aba bagore bavuga ko gukora imibonano mpuzabitsina nyuma y’igihe gito babyaye ngo ari umuti ukomeye utuma ibikomere byo mu myanya myibarukiro baba baragize mu gihe cyo kubyara bikira vuba nta wundi muti. Gusa n’ubwo babyemera gutya ngo ntibiba byoroshye gukora iyi gahunda kuko ngo ububabare buba ari bwinshi ariko ngo barihangana bakabikora kugira ngo bazabashe gukira.

Iyi mibonano ikozwe itya kandi ngo isaba umugabo gukoresha ubwitonzi bwinshi cyane kugira ngo adatuma umugore arushaho kubabara kuko ngo ashobora kubikorana umuvuduko bikaba byaviramo umugore kongera gukomereka. Abagore bafite ubuhamya kuri ibi bavuga ko uyu muti ari amasohoro y’umugabo kuko ari yo agira uruhare runini mu kuvura bya bikomere.

N’ubwo ariko uyu ari umuti ngo hari abagabo bamwe na bamwe banga kuwutanga ugasanga batinya ko byatera ingaruka abagore babo cyangwa se na none ugasanga banena abagore babo bakaba batifuza no kuzongera kuryamana nabo vuba. Hari kandi n’abagore bahita batinya kuba bazongera kubonana n’abagabo vuba kubera ububabare baba baragize.

Abadakoze imibonano mpuzabitsina nyuma gato yo kubyara bakira mu gihe kirekire kuburyo bishobora gufata nk’amezi ane cyane cyane nk’iyo uwo babyaranye batabana cyangwa ngo babashe kubonana uko bikwiye, mu gihe uwabonye umwomora we bishobora gufata igihe cy’ukwezi kumwe gusa. Tutirengagije ko gukira vuba na none bishobora guterwa n’umubiri w’umuntu cyangwa se uburyo yabyayemo.

Muri iki gihe ababyeyi bamwe basigaye babyara babazwe ngo ntabwo bagira ububabare bukabije bwo mu myanya myibarukiro nk’uwabyaye bisanzwe ngo bagira gusa ububabare bw’aho babazwe. Uwo rero ngo na we aba ashobora gukira vuba ariko bitabujije ko na we akenera komorwa.

Komora rero ni ngombwa ariko bigakorwa mu buryo bwiza ndetse bibaye byiza mukaba mwasobanuza muganga akabagira inama yo kubikora mu buryo bunoze.

Ibitekerezo

  • Ariko uziko mwasaze? Mwabajije uwuhe muganga mujya kuvuga ibyo?m uziko bitemewe gukora imibonano mpuzabitsina mbere ho iminsi 40 umugore abyaye. Uziko yagira infection kuberako hari ibice by umubiri biba bitarasubira aho byabaga na col de l’uterus iba itarifunga. Muri abarozi nukuri ntimuzi ibyo muvuga.

    Ibyo nukuri..kuko umubiri utwukoresheje urasinzira..utu ibi avuga bya col nibindi ntabyo azi..Buri kintu kiba Kiri mumwanya wacyo ahubwo umubiri Uba utaregerana..niyo gahunda ikorwa mubwitonzi bwinci kdi mwabanje kubiganira nuwo mwashakanye..

    Cyakora muranyumije! Abaganga bavuga ko Ari byiza gukora imibonano nyuma y’ibyumeru 6 umuntu abyaye! None ngo komora !! Wagira ngo iyi nkuru yanditswe n’umuntu utarakandagiye mu Ishuri niwe wo kuvuga ibintu bidafite fact !

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa