skol
fortebet

Dore umukobwa abasore batinya gushakana nawe uko aba ateye

Yanditswe: Friday 07, Sep 2018

Sponsored Ad

skol

Murya abasore hari ibyo bagenderaho iyo bashaka kureba umukobwa bakomezanya umushinga wo gushinga urugo.

Sponsored Ad

Tuzi ko udashobora kubona intungane muri iyi si ariko ibi ntibitubuza amahitamo ,Iyo bigeze kugushanaho biba akarusho kuko haba hari abantu benshi uziranye nabo ariko muri abo uhitamo umwe gusa nk’uwo muzabana ubuzima bwanyu bwose.

Nzi neza ko abasore benshi muri iyi minsi bahisemo kudashaka kubera ko abakobwa babona bose barangwa n’ibi bintu bikurikira.

Udashobora kubana n’abandi

Abasore benshi ntabwo bakunda abakobwa babahatira gukora ikintu icyo ari cyo cyose,bakunda abakobwa babaha umutekano muri byose.Niyo mpamvu batihanganira abakobwa batazi kubana n’abandi.

Umukobwa wihinduye uruhu cyangwa wisiga agakabya

Twese dukunda kwisiga kugira ngo tugaragare neza ,Ukwiriye kumenya ko abasore nabo bakora makeup ,Ntabwo abasore bakunda abakobwa bishyizeho makeup nyinshi,babandi usanga utamenya isura ye.

Umunebwe kandi wikunda

Niba udashoboye kugira icyo ukora ,ako kanya uba umaze gutakarizwa icyizere n’abasore benshi.Kandi n’abakobwa bumva ko batafatanya n’abagabo babo kwishyura amafaranga y’ibikenerwa mu rugo nabo batakarizwa icyizere n’abasore batari bake.

Abakobwa kandi bashyira imbere ibyo bakunda ndetse n’ibyiyumviro byabo,Mbese batita kuri bagenzi babo.Abo nabo ntabwo bakundwa n’abagabo.

Icyigenge

Abasore benshi bakunda abakobwa bafatanya ndetse iyo batekereje gushaka baba bifuza umufasha ariko birabababaza iyo babonye umukobwa utavogerwa cyangwa ngo ahindurwe ku myanzuro. Aha ndakumenyesha ko ntamusore numwe uzakwiteza niba ariko uteye.

Utagira isuku

Isuku ni ingenzi,uranuka cyangwa usa neza ? kutagira isuku bishobora gutuma utakaza amahirwe yo kubona umugabo.Ukwiriye rero kwita ku isuku haba ku mubiri wawe ndetse no ku myambaro wambara.

Ibitekerezo

  • Ariko abagabo twaragowe peeee Ntiwitaye kumihangayiko y,umugabo wawe kubwokubura akazi. wowe ngo wumvaga ubishaka ibyonibiki koko

    abagore murabana beza kabisa wowe iraha niryo rikubabaje?
    gusa umugabo wawe ndamugaye niwe witeje stress kugira akazi keza ntiyibuke kwarimubukode nabyo nikibazo.

    gusa warukwiriye kujya uganiriza umugabo wawe ukamuhumuriza ukamurinda guhangayika kuko niyumvakusambana noneho aziyahura. ubundi numara kumucansolinga azajya akurongora uryoherwe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa