skol
fortebet

Ese ni gute wamenya ubwoko bw’amabuno ufite?Reba ubwoko bw’amabuno y’abakobwa

Yanditswe: Monday 21, May 2018

Sponsored Ad

skol

Amabuno y’abagore n’abakobwa aratandukanye. Niba waritegereje amabuno menshi yabo ngirango warabyiboneye ko adateye kimwe. Kumenya ubwoko bw’amabuno ufite bifite akamaro kanini kuko hari ubwo waba utayishimiye. Kumenya aho uhagaze ubu ndetse no kubasha kuhagereranya naho ushaka kwerekeza bifite akamaro kanini cyane mu kwiha intego. Ibi rero ntibinatandukanye ku bashaka guhindura imiterere n’ubunini bw’amabuno yabo.
Ese ni iki gituma habaho ubwoko bwinshi bw’amabuno?
Imiterere y’amagufa yawe (...)

Sponsored Ad

Amabuno y’abagore n’abakobwa aratandukanye. Niba waritegereje amabuno menshi yabo ngirango warabyiboneye ko adateye kimwe. Kumenya ubwoko bw’amabuno ufite bifite akamaro kanini kuko hari ubwo waba utayishimiye. Kumenya aho uhagaze ubu ndetse no kubasha kuhagereranya naho ushaka kwerekeza bifite akamaro kanini cyane mu kwiha intego. Ibi rero ntibinatandukanye ku bashaka guhindura imiterere n’ubunini bw’amabuno yabo.

Ese ni iki gituma habaho ubwoko bwinshi bw’amabuno?

Imiterere y’amagufa yawe agena imiterere y’ibice byinshi by’umubiri. Imikaya (muscles) n’ibinure (fat) nabyo kandi bigira uruhare runini cyane mu kugena uburyo umubiri wawe uteye. Imiterere y’amabuno rero akenshi igenwa n’imiterere y’amagufa yo mu rukenyerero ndetse ni uko ibinure byikwirakwiza mu mubiri.

Ubwoko bw’amabuno ku bagore

Abaganga babaga bemeza ubwoko 4 bw’amabuno y’abagore:

· Afite imiterere ya square “H”
· Afite imiterere y’uruziga (Round) “C” cyangwa “O”
· Afite imiterere y’umutima (Heart) “A”
· Afite imiterere ya mpandeshatu (Inverted) “V”

Ese mfite ubuhe bwoko?

Ukoresheje ifoto iri hejuru, ushobora kuba wamenya ubwoko bw’amabuno ufite ugerageza kureba ubusa n’ayawe. Ntibigutere impungenge niba ubona nta na bumwe busa n’ayawe. Nubwo abantu benshi bafite bumwe muri buriya bwoko bune ariko hari abandi bafite amabuno ateye ku buryo bwihariye tutarabagezaho hano.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa