skol
fortebet

Ubuhamya: Yasambanye na benshi agashakana n’ isugi none aragisha inama

Yanditswe: Monday 19, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Umusomyi w’ Ikinyamakuru Umuryango yatwandikiye abicishije kuri E-Mail yacu maze aduha ubuhamya bw’ibyo yahuye nabyo mu busore bwe ndetse anagisha ’inama kuko byamunaniye kuba yabireka.
Umugabo utashatse ko twatangaza amazina ye yatwandikiye agira ati:
Ibyambayeho ni amateka maremare: Nkiri umusore namenyanye n’umukobwa wakoraga aho nanjye nakoraga, Hanyuma aza gutwita atewe inda n’undi musore, nyuma naje kuva aho njya gukora ahandi ariko uwo mukobwa agitwite naho abyariye dukomeza kubonana. (...)

Sponsored Ad

Umusomyi w’ Ikinyamakuru Umuryango yatwandikiye abicishije kuri E-Mail yacu maze aduha ubuhamya bw’ibyo yahuye nabyo mu busore bwe ndetse anagisha ’inama kuko byamunaniye kuba yabireka.

Umugabo utashatse ko twatangaza amazina ye yatwandikiye agira ati:

Ibyambayeho ni amateka maremare: Nkiri umusore namenyanye n’umukobwa wakoraga aho nanjye nakoraga, Hanyuma aza gutwita atewe inda n’undi musore, nyuma naje kuva aho njya gukora ahandi ariko uwo mukobwa agitwite naho abyariye dukomeza kubonana.

Umunsi umwe hashize nka 2 ans, duhura ari nka 18h ndamusuhuza bisanzwe turaganira mu muhanda mubaza igituma abyibushye cyane niba noneho ise w’umuhungu we (X) yaramwemeye bakabana, ati "shwi da!"

Nanjye nti "uraryoshye akubonye yagutera iya 2 mugahita mubana, tugiye gutandukana abona nuriye imodoka ati ese ugiye he bwije?" Nti ndatashye nawe ati utaha he? warimutse? nti nimukiye Remera; ati “ugenda udasezeye inshuti ngo ziguherekeze kwirukana imbeba”? nti izari hafi zaramperekeje naho izindi zibishaka ziransura nawe wansura, nawe ati “nzagusura rwose”.

Yansabye numero za telephone ndazimuha, hashize nk’ukwezi kumwe arampamagara aransuhuza gusa. Umunsi umwe avuye ku kazi kare musanga yaje gusura ba nyirasenge ba (X) umuhungu we ahantu bacuruzaga ku Gisimenti hari nka 14h, turasuhuzanya nurukumbuzi rwinshi hanyuma arambwira ngo yarategereje ko amasaha y’akazi arangira ngo ansure kuko yageze muri quartier,

Nti tugende, nawe ati “Ndaza mukanya ndaguhamagara kuri telephone”.Ngeze mu rugo yahise ambwira ngo ari ku muhanda ndagenda ndamufata, tugeze mu rugo ndamuzimanira barateka turasangira.

Barimo guteka twakomeje kuganira muri salon, muryama ku bibero mbona aremeye nkora ku mabere mbona nabyo ni sawa, ndabyuka ndamusoma biratinda ntangira kuzamura ukuboko mu ijipo y’umukara ndende yari yambaye n’ ishati yera mbona aremeye manura ikariso yari yambaye,…..

Musaba ko tujya mu cyumba ndaramo aranga ngo abana (umukozi wanjye n’abandi bana bari kumwe) batekereza ko tugiye gukora iki? ati kandi uriya mwana umwe aranzi sinagenda andeba, uwundi munsi nibwo bizakunda adahari.

Tumaze kurya byabaye ngombwa ko abo bana bose bagenda dusigara twembi babiri muri salon, nti ngwino basi nkwereke album hanyuma nguherekeze utahe.

Aremera tugezemo yarebye amafoto arangije twarakomeje wamukino mukuramo ikariso,… nkuramo imyenda yose ariko kubera ko twari twatinze muri caresse nahise ndangiza vuba arataha.

Hashize iminsi mike, yahoraga antelefona akaza tukirirwanwa muri week end tukabikora akabona gutaha yishimye ko namushimishije.

Niwe wanyigishije kunyaza kandi aranyara uburiri bugatota ngatangara ubwo namunyazaga yaransingizaga akansoma akankora mu matwi nanjye uburyohe bukansaba umubiri wose. igihe kigeze namusabye ko tubireka kuko nari mfite fiancée, byaramubabaje ariko nta kundi twarabiretse hari muri 2005.

Nawe yarashatse ariko twongeye guhura muri 2009 nanjye narashatse duherukana muri 2005 twari dukumburanye cyane twahuriye ahantu mu kabari turaganira dusubira mu by’urukundo rwacu turasomana,…ariko sinamurongoye kuko hari mu kabare kandi ku manywa.

Ngisha inama:

Kubera ubusambanyi nakoze nkiri umusore aho nshakiye umugore sinumva anyuze 100%, hari abakobwa twasambanye bakanyara, hari abo twaryamanye bazi kunyonga, hari abo twaryamanye bashabutse kabisa ugufasha kwishima bidasanzwe,… gusa naje gutungurwa nshaka umugore tutararyamana, ku munsi wa mbere nasanze ari isugi.

Kuva uwo munsi nagerageje kumwereka byinshi bijyanye n’igikorwa cy’imibonano, gusa na nubu mbona adashabuka cyane ngo anshimishe uko mbishaka, none ubu agatima gakomeza kurehareha nkibuka b’abandi bose twaryamanye bakanshimisha birenze.

Ubu nsigaye ngenda mu nzira nsaba Imana ngo ntahura n’abo bakobwa ubu nkeka ko banashatse abagabo, kuko tubonanye simpamya ko tutakongera kuryamana nkaca inyuma umugore wanjye, gusa na none tugera mu buriri nkumva ntanshishikaje kuko mba nitekerereza abo bandi twaryamanye nkiri umusore bakanshimisha bidasanzwe bitandukanye n’ibyo umugore wanjye ankorera.

Mungire inama y’icyo nakora kugira ngo niyumvemo umugore wanjye ndebe uko nasiba abo bose twaryamanye nkiri umusore ubu bagikomeje no kunza mu ntekerezo.

NAWE NIBA WIFUZA UMUKUNZI CYANGWA SE HARI UBUHAMYA BW’URUKUNDO WIFUZA GUSANGIZA ABANYARWANDA WATWANDIKIRA KURI E-MAIL IKURIKIRA:[email protected]

Ibitekerezo

  • Inama nakugira nukwegera Imana ikagukuraho iryo rari kuko Imana ntiyishimira abamezegutyo kereka Niba utayikunda ugomba kunyurwa nuwo mwashakanye mbese muri make nugusenga cyane

    Inama nakugira nukwegera Imana ikagukuraho iryo rari kuko Imana ntiyishimira abamezegutyo kereka Niba utayikunda ugomba kunyurwa nuwo mwashakanye mbese muri make nugusenga cyane

    None se ko abo bagushimisha babaga bamaze igihe babikora bamaze kumenya uko bikorwa,urumva uwo mugore wawe yahita abimenya?

    Biragusaba kumwihanganira nyuma yo kubyara niho umukobwa aba amze kwirekura,naho ubu ntabwo udusabo tw’amavangingo turafunguka neza kandi aracyanafite isoni.wimuca inyuma ahubwo mutegereze nawe abanze amenyere,azagushimisha bikurenge.kuko nanjye icyo kibazo nahuye nacyo pe!

    Waratomboye kuba Imana yaraguhaye umugore w’isugi ni umugisha wagize usajye kuyishimire,ubwo se iyo uza kuzana uwaryamanye n’abagabo 1000000 hanyuma uko ubikoze akaguya kuberako mutanganya ubunararibonye niwe wari kwihanganira,tunga uwo azagushimisha namara kumenyera.

    Muntu wange ibyakubayeho nanjye Niko bimeze. umugore nta kunyonga nta kunyara mbese ibyiminonano MBA numva ntacyo bimariye kuko ntaburyohe namba.

    Senga cyane kd ugire utima Wo kunyurwa.

    Yewe iby’Imana ikora biratungurana kweli!! Ubu se nkawe Imana yaguhaye isugi iguca iki koko ko numva uri kabuhariwe mu busambanyi?? Gusa icyo nakubwira ni ukwishimira uwo mugore wawe uko ari ugakomeza kumwigisha buhoro buhoro azageraho amenyere abikore uko ubishaka!! Ikindi ntugatekereze kubo mwaryamanye cyane kuko nawe siwowe mugabo wa mbere uzi gukora imibonano mpuzabitsina neza kurusha abandi haraho wari kurongora umwe mubo mwaryamanaga akajya aguca inyuma utamushimishije afite undi akugereranya nawe akabona wowe nta kigenda!!!

    Mwihanganire ntaramenyera kuko ntabyo yari azi. Ntashobora kunyara aka kanya muhe igihe, namara kubyara nka 2 azakunyarira wumirwe.

    Uwo numudayimoni wirari.ukeneye ukeneye delivarence ntakindi warangiza ukihanira kureka.ukajya utekereza uwawe gusa.

    injangwe yaraye hanze ihinduka inturo

    uzamujyane muri hotel mumare nka 3 jour umwereke uko yitwara atinyuke yirekure umuhate urukundo kdi ujye umutegura mbereho amasaha 3 mbese umuguyaguye nkuko inka bayagaza igakunda igakamwa

    Imbeba yakuricyiye akaryoshye munsiyibuye ihakura India yakabati

    imboga zirya abana kweli,,,,

    Mfite imyaka(19)Ndashaka umukobwa wimyaka(18-19)
    ubishaka yahamagara kuri (+250) 726331731 cg (+250)780873881 murakwoze

    Abo bakobwa ni kimwe n’inzoka! Bashaka guswerwa gusa, hamara igihe bakakurya amafranga!

    Ndashaka umukunzi uwanshaka yahamagara iy' number tukaba twakwihuza +256782442682

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa