Menya ubusobanuro bw’imirongo iri mu kiganza cyawe nicyo yaba igiye isobanuye mu mibereho yawe y’urukundo
Yanditswe: Tuesday 01, May 2018
Kuva kera ,abantu bareba mu biganza byabo ariko nti basobanukirwe n’icyo imirongo iba mu biganza byabo isobanura, iyi mirongo abantu bose nti bayihuza kubera imiterere y’umubiri, ariko buri wese n’ubwoko bw’ikiganza cye bigira aho bihurira n’imyitwarire ye muri sosiyete ndetse n’ubuzima abayeho mu rukundo.
Inzobere zitandukanye ku isi zagaragaje isano ihurirwaho n’abantu bahuje ubwoko bw’imirongo yo mu kiganza,aya masano ahanini ngo yibanda ku mico ya ba nyirayo n’uko bitwara mu rukundo.
Urubuga (...)
Kuva kera ,abantu bareba mu biganza byabo ariko nti basobanukirwe n’icyo imirongo iba mu biganza byabo isobanura, iyi mirongo abantu bose nti bayihuza kubera imiterere y’umubiri, ariko buri wese n’ubwoko bw’ikiganza cye bigira aho bihurira n’imyitwarire ye muri sosiyete ndetse n’ubuzima abayeho mu rukundo.
Inzobere zitandukanye ku isi zagaragaje isano ihurirwaho n’abantu bahuje ubwoko bw’imirongo yo mu kiganza,aya masano ahanini ngo yibanda ku mico ya ba nyirayo n’uko bitwara mu rukundo.
Urubuga Wikihow rugaragaza ko habaho ubwoko 4 bw’imirongo yo mu kiganza (heart lines), ngo buri bwoko bukaba bufite ibisobanuro ku mico, imyitwarire ndetse n’imibereho mu rukundo mu bantu.
1. ubwoko bwa mbere bw’ikiganza ni igihe umurongo wo hejuru (fatizo) mu kiganza ugarukira hagati mu rutoki rwa musumba zose .
Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere zo mu buhinde mu gitabo zise “Human natures” zagaragaje ko umuntu ufite ubu bwoko bw’ikiganza aba afite imico y’umuyobozi mwiza kuko mu mpano ze aba yarabivukanye.
Umuntu ufite ubu bwoko bw’ikiganza, ngo ntakunda gukorera ku gahato cyangwa kuvugirwamo, agira imyitwarire myiza kandi akaba umunyabwenge cyane mu gufata imyanzuro atagendeye kubandi.
Mu rukundo bakunda kwikanyiza no gukunda ibintu cyane kurusha gukunda umuntu n’umutima we mwiza cyangwa ubwiza bwe.
Akenshi aba bantu baba bafite ubwoko bw’amaraso bwa B ,ni abantu bakunda kwigenga kandi bakanga akavuyo, ndetse no kubakunda biravuna kuko baba badashaka ko hagira ubinjirira mu buzima.
2. ubwoko bwa kabiri ni igihe umurongo wo mu kiganza cyawe ugarukira mu ihuriro ry’urututoki rwa musumbazose na Mukubitarukoko.
Mu buzima busanzwe aba ari abantu bakunda kugirirwa icyizere, bagira imico myiza kandi akenshi bakaba inyangamugayo.
Ku bigendanye n’uburyo bwo kwitwara mu rukundo, ni abantu bagira urukundo rwinshi, bimariramo uwo bakunze kandi mu gihe kitari kirekire bakundanye.
Nti batinya kugaragaza amarangamutima y’urukundo kimwe no kwiyorobeka mu rukundo Akenshi aba bantu baba bafite ubwoko bw’amaraso bwa A (groupe A).
Ni abantu bihutira gufata imyanzuro kandi yuje amarangamutima bashingiye kucyo abo bari kumwe bifuza.
3. Ubwoko bwa gatatu ni igihe umurongo wo hejuru mu kiganza urangirira hagati mu urutoki rwa Mukubitarukoko.
Mu gitabo “Master of Lovers” inzobere zo muri Amerika zagaragaje ko umuntu ufite ikiganza cy’ubu bwoko aba afite imico ijya gusa cyane n’iy’uwo mu bwoko bwa mbere.
Batandukanira ku kuba abafite ubu bwoko bw’ikiganza bagira urukundo rw’ukuri kandi nti bakunde ibintu kurusha gukunda umuntu n’ubwiza bwe n’umutima we.
Nti bakunda kujarajara mu rukundo ndetse batinya cyane kwishora mu rukundo kuko bakunda bihamye bitagira imikino no kujenjeka.
Akensi aba bantu baba bafite ubwoko bw’amaraso bwa AB groupe (AB) muri bo baba bumva bagomba gukundwa kurusha gufata iyambere ngo bagaragaze urukundo rwabo.
4. ubwoko bwa kane ni igihe umurongo wo mu kiganza uhurira hagati y’urutoki rwa Mukubitarukoko n’urwa Nyangufi nyirazo.
Umuntu ufite ubu bwoko bw’ikiganza ngo mu mico ye aba yihangana cyane, azirikana kandi akita ku kintu icyo ari cyo cyose kimureba,agira urukundo rugaragarira buri wese kandi akagwa neza, ahorana ibyishimo n’igitwenge kabone n’iyo yaba ari mu kibazo usanga abasha kubyitwaramo neza.
Akenshi aba bantu bakunze kuba bafite ubwoko bw’amaraso bwa 0 (groupe 0).
Mu rukundo nti bazarira, bafata iyambere mu rukundo kuko baba bazi icyo bashaka, akenshi kandi gagira ipfa ru’imibonano mpuzabitsina.
N’ubwo ubwoko bw’imirongo yo mu kiganza ari bwinshi kandi bugiye butandukanye ariko hashingiwe ku mirongo fatizo, ubu bwoko bugira amoko ane ajyana kenshi n’ubwoko bw’amaraso ( groupe sanguin).
Birashoboka ko umuntu yagira ubwoko bw’umurongo budahuje n’ubwo amaraso nk’uko twabivuze haruguru, ariko ubushakashatsi bugaragaza ko ibi bihura ku kigero cya 81.9%.
Ibitekerezo
numva nda bakunze cane .
none c ko imiringo mfite ibumoso itandukanye niy mfit iburyo ndashingira kuyihe?????
ako kantu mukibazeho
Sina bitahuye kubera ntabicapo mbona vyurubwo bwoko bwimirongo
Iyo usirako n’amafoto
ibi bishobora byo kuko imirongo mfite ubwoko bwa 2, groupe A, n’imyitwarire haba mu buzima busanzwe no mu rukundo birahuye pe!
Namwe rwose mwakadushyiriyeho amapics for the clear understanding
Ubu benshi ntcyo twakuyemo rwose
Thank you
Erectile dysfunction is not the sexual curse that it as quickly as was.
In reality, there’s a spread of numerous erectile
dysfunction cures that you just can look into in case
you acquire your self abruptly bothered with erectile dysfunction.
Unlike, say, fifteen or twenty years again, whendrug for erectile dysfunction cures had been not almost as
distinguished as they’re these days, and the place sufferers had few treatment
options that existed, a lot has reworked due to contemporary innovation.
Now, one consists of a pleasant array of various therapy prospects that they’re ready to select to go after.
The perfect information of all is the truth that if
you aren’t fond of prescribed medicine for therapy, you now have equally
as highly effective all-pure erectile dysfunction cures which can even serve
as a result of the answer which you occur to be searching for.
Who Desires Erectile Dysfunction Cures?
The transient of all of it is the truth that
any male that actions erectile dysfunction occasionally will tremendously profit from using erectile dysfunction cures.
There shouldn’t be this veil of embarrassment over having erectile dysfunction any extra.
In truth, as soon as you’re taking into consideration that greater than half of all sexually lively males within the U.s.
will deal with erectile dysfunction eventually all through their life time, it’s one in all by far
essentially the most frequent ailments that males will get.
Thinking about Prescription Erectile Dysfunction Cures
You’ve some prescription medical options aserectile dysfunction medication cures within the course
of the present day. You might be in a position to speak to
your physician to find further about them. There are lots of determine
manufacturers of medications which have demonstrated excellent leads to males with
ED. Look on the undesirable results and dangers of working with ED remedy previous to you decide to utilize them
as erectile dysfunction cures.
Why Extra Males Use Natural Erectile Dysfunction Cures
Natural continues to be the preferred technique of coping with
erectile dysfunction throughout the current day. That’s for
a lot of nice causes, as properly. First off the bat, with erectile dysfunction cures which might be pure, you don’t ought to see a physician and
pay for costly prescribed medicine.
Instead, you possibly can purchase them on the web
and now have them drop transported superb to your entrance door.
Furthermore, you’ll be able to get them for cheaper, they work as effectively as medicine do, and you’ll take pleasure in extra particular
person privateness since they’re able to be
discreetly ordered over the online.
Additional Constructive elements of All-pure Erectile Dysfunction Cures (Male Enhancers)
You’ll discover one other extra constructive features of erectile dysfunction cures which are regular.
Additionally they promote enhanced and improved pleasure,
stronger seminal amount output, way more vitality and sexual stamina, plus they perform to deal with diminished
testosterone and premature ejaculation.
Feel free to surf to my web-site ... Ian Read
mbe ivyo vyaj bivahe
none mugihe umurongo uri hagati yameme na mukuru wameme witwa ngwiki?
Umva murakoze serie ibi nibyo uburyo bwanjye ni ubwa 1 gusa nabirebye nibyo kbx murabantu babajama
Ibi nibyo kbsa ndi 2, birahuje bien bien.