skol
fortebet

Mugabo uzirinde aya makosa 10 mu gihe uri kumwe n’umugore wawe mu buriri

Yanditswe: Friday 18, May 2018

Sponsored Ad

skol

Mu rukundo ni ngombwa ko buri wese ashimisha mugenzi we yaba umugabo cyangwa umugore ndetse n’ibisigaye byarateye kuri ubu bya avance mbere yo kubana hagati y’umuhungu n’umukobwa, muri uko gushimishinya rero bikaba biri mu buryo bwinshi cyane bitewe nuko abakundana babishaka, uyu munsi tukaba tugiye kubagira inama ku makosa 10 ugomba kwirinda igihe uri mu buriri n’uwo ukunda yaba ku muhungu cyangwa umukobwa.

Sponsored Ad

Dore amakosa 10 umuhungu ugomba kwirinda igihe uri mu buriri n’umukunzi wawe:

1.Irinde ubwanwa bwashokonkoye

Ubwanwa ni kimwe bintu wakwirinda igihe bumaze iminsi igera nko kuri 3 butogoshwa bujomba uwo muri kumwe mu buriri bikaba byamutera ku ta kwisanzuraho neza.

2.Irinde kumubwira ibyabo byuwo mwatandukanye (Ex Girlfriend)

Igihe uri mu buriri n’umukunzi wawe wirinde ku mubwira ibyabo mwatandukanye cyangwa ku mubwira ibyo ubibukaho bizamubabaza cyane.

3.Irinde kuba wabyuka ukajya kwirebera Television

Igihe uri kumwe n’umukunzi wawe muhe umwanya wose ushoboka kuko bizamushimisha cyane wigira utundi tuntu uhugiramo umupira, films, ibiganiro ukunda byose bihagarike umuhe agaciro.

4.Irinde kwibagirwa ku musoma

Igihe uri kumwe n’umukunzi wawe mu buriri imibonano mpuza bitsina ntago ariyo yonyine mwahuriraho ahubwo musome kuko biri mu bintu abakobwa bakunda cyane umukorakore biza mushimisha cyane.

5.Irinde ku mukorakora nibigufu byinshi nkuri guhinga

Mukorakore buhoro buhoro cyane cyane ku myanya ye yorohereye (imyanya yo ku gitsina) ntujyane ibigufu byinshi ntago ari umurima uri guhinga.

6.Irinde kurangiza mu minota 2

Umukobwa kugirango arangize bimara nibura iminota 20, koresha uko ushoboye kugirango nawe abashe kurangiza igihe muri gukora imibonano mpuza bitsina bizabafasha mwese kuryama mu meze neza.

7.Irinde amagambo atari meza cyangwa menshi utivamo

Niba uri mu buriri n’umukunzi wawe irinde kuba wakoresha amagamba atari meza waba uya mubwira cyangwa se hari ikindi muri kuvugaho, wivuga amagambo menshi udashiduka umuhamagaye Alice kandi yitwa Carine.

8.Irinde kuta mwikoza nyuma yo gukora imibonano mpuza bitsina

Ereka umukunzi wawe ko umwishimiye na nyuma yo kurangiza gukora imibonano mpuza bitsina, wirangiza ngo uhite umutera umugongo nkaho mutari muri kumwe bizatuma akwizera kandi abona ko umukunda.

9.Ntuzage mu buriri utisukuye cyangwa bwo busukuye

Niba ushaka ko umukunzi wawe agusoma, agukorakora nibyiza ko mbere yo kujya mu buriri ubanza ugakora isuku yo ku mubiri ukitunganya neza ntuge mu buriri ugiye ku munukira.

10.Irinde gukora imibonano mpuza bitsina nk ’uwiba

Niba muri mu buriri n’umukunzi wawe wikora imibonano nku wiba cyangwa ukurikiwe banza umutegure neza ku gikorwa mu giye gukora bizatuma mwese mwishimira icyo gikorwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa