skol
fortebet

Nashakanye n’umugabo undusha imyaka hafi 20, ntabwo anezeza uko mbyifuza- NKORE IKI?

Yanditswe: Friday 16, Feb 2018

Sponsored Ad

skol

Mu kwezi kwa munani 2016, nibwo nashakanye n’umugabo ufite imyaka 43, njye mfite imyaka 24, mu by’ukuri iyo duhagararanye mba meze nk’umukobwa we.
Dushakana ntabwo nabyiyumvagamo cyane, ariko abantu banshyiramo kumukunda cyane ko afite amafaranga, yankunze ndi umukozi we, afite kampani yinjiza agatubutse, yanyitagaho cyane, nanjye ngendera kuri icyo.
Ntababeshye, ntabwo anezeza uko mbyifuza, ndamukenera nkamubura, abyuka kare agataha atinze, igihe cyose ahora mu mibare, ntajya aruhuka ngo (...)

Sponsored Ad

Mu kwezi kwa munani 2016, nibwo nashakanye n’umugabo ufite imyaka 43, njye mfite imyaka 24, mu by’ukuri iyo duhagararanye mba meze nk’umukobwa we.

Dushakana ntabwo nabyiyumvagamo cyane, ariko abantu banshyiramo kumukunda cyane ko afite amafaranga, yankunze ndi umukozi we, afite kampani yinjiza agatubutse, yanyitagaho cyane, nanjye ngendera kuri icyo.

Ntababeshye, ntabwo anezeza uko mbyifuza, ndamukenera nkamubura, abyuka kare agataha atinze, igihe cyose ahora mu mibare, ntajya aruhuka ngo nanjye ampe akanya.

Imyaka mfite nkeneye kunezezwa, nkeneye umugabo umba hafi, ndabimubwira ati "ibyo ni iby’abato". Nkiyo mubwiye ko nshaka ko ansohokana, ibyo ntabikozwa, akanya arakabura mbese nabaye nk’imfungwa y’urugo dore ko nta n’ikihabuze.

Mbese ahora mu bintu byinshi, nta kanya ajya abona ko guta kuri we, amasaha mubona ni make haba nijoro cyangwa ku manywa, ibi rero nibyo bimbangamiye. Amafaranga n’ibintu byo arabifite pe, ntacyo tubuze mu rugo rwacu, maze kubyara rimwe, umwana wacu ari hafi kuzuza umwaka umwe. Mungire inama, nkore iki?

Ibitekerezo

  • urarenzwe urashaka kujya gushaka sida no kumuca inyuma.ibi ukwiye kubimubwira uti
    ntumpaza ngiye kujya nsambana hanze.urebe uko abyitwaramo ntayindi nama mbonyaho.

    Umva ncuti yanjye weho fata akanya mwicare muganire ikikuri kumutima cyose ukimubwire utagize nakimwe umukinga cg umuhisha maze wumve icyo agusubiza

    Ku bwanjye ntabwo ari ikibazo cy’imyaka cg nacyo kirahari ariko cyo wari ukizi kandi uri Tayari kucyihanganira. Mu by’ukuri urwo rugo ruzakugora cyane kubera ko washatse ibintu ariko umuntu waramubuze kubera ko yibera muri business. Ibi rero by’uko umugabo yibera mu kazi gusa biba no kubandi bakiri bato. Imyaka 43 ntabwo ari myinshi cyane ahubwo niyo myiza kuko aba ari igikwerere azi kurongora umugore akamwumvisha!!! Ikibazo cyawe kirakomeye pe

    Ku bwanjye ntabwo ari ikibazo cy’imyaka cg nacyo kirahari ariko cyo wari ukizi kandi uri Tayari kucyihanganira. Mu by’ukuri urwo rugo ruzakugora cyane kubera ko washatse ibintu ariko umuntu waramubuze kubera ko yibera muri business. Ibi rero by’uko umugabo yibera mu kazi gusa biba no kubandi bakiri bato. Imyaka 43 ntabwo ari myinshi cyane ahubwo niyo myiza kuko aba ari igikwerere azi kurongora umugore akamwumvisha!!! Ikibazo cyawe kirakomeye pe

    sha ubwo umaze kurengwa ifiriti urayihaze watuje ukubaka ibyo bigutwaye iki?

    Rero uzamucunge ari dimache niba adakora umuganirize neza uzakuramo igisubizo kizima kubundi bujyanama wahamagara 0788216877.

    nyamara murata umwanya wubusa aba nibabandi bapfuye kera wibwirako adaswerana nabandi
    fata umukozi ukora iwawe age agupfubura uwo musaza yagiye ufite akabazo
    hamagara mboneka sasita kugera sa munani kumanwa nze nkunyurizehoabagore nabakobwa
    bafite iki kibazo hafi 126 maze kubikemura mukubaryamisha bakaryoherwa .

    Icyo nakubwira nuko urenzwe !
    Kandi umurengwe wica nk’inzara !
    Usenya urwe umutiza umuhoro !
    Uzabyumva ushaje !

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa