skol
fortebet

Niba umugore wawe abyibushye dore pozisiyo nziza wamunezazamo mu gihe cyo gutera akabariro

Yanditswe: Monday 03, Sep 2018

Sponsored Ad

skol

Ni kenshi bikunze kugaragara ko umusore n’umukobwa bakundanda bari ku kigero gito ku bijyanye n’umubyibuho/amagara make; nyamara bamara kugera mu rwabo ugasanga byarahindutse bakabyibuha cyane cyane umugore.
Ni byiza rero ko mu gihe mukoranye imibonanompuzabitsina n’umugore wawe ugerageza uburyo bwose ukitwara neza, ukabasha kumushimisha no kuba igisubizo ku byifuzo bye. Nkuko rero bigaragwa neza n’inzobere mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, ngo hari uburyo bwiza kandi bwakorohereza umugabo (...)

Sponsored Ad

Ni kenshi bikunze kugaragara ko umusore n’umukobwa bakundanda bari ku kigero gito ku bijyanye n’umubyibuho/amagara make; nyamara bamara kugera mu rwabo ugasanga byarahindutse bakabyibuha cyane cyane umugore.

Ni byiza rero ko mu gihe mukoranye imibonanompuzabitsina n’umugore wawe ugerageza uburyo bwose ukitwara neza, ukabasha kumushimisha no kuba igisubizo ku byifuzo bye.
Nkuko rero bigaragwa neza n’inzobere mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, ngo hari uburyo bwiza kandi bwakorohereza umugabo gutera akabariro n’umugore we abyibushye ntibimubuze kumugerera ku ngingo amwifuzaho.

Dore ubwo buryo wakoresha kugirango uryohereze umuntu ubyibushye mu gihe cyo gutera akabariro:

Muhagarike

Nibyiza rero ko umuntu ubyibushye mu gihe muri gutera akabariro umuhagarika ku buriri mu buryo bumworohereza gutandukanya amaguru ku buryo bworoshye. Ngo nubwo benshi batabikunda, nibyo bizagufasha kumuryohereza.

Muterure akaguru kamwe

Abahanga babyita Side Wind, ubu ni uburyo uzakora uteruye akaguru ke kamwe, akandi kari ku buriri, ibi bizatuma ubasha kumujyamo wese, ndetse nawe azarushaho kuryoherwa.

Gutera akabariro uturutse inyuma

Ubu ni uburyo uryamisha umugore ku gitanda areba imbere hanyuma ukamuhera inyuma, ibi bizafasha umugongo w’umugore kuruhuka neza.

Muterure/Mukikire

Ubu ni uburyo bukorwa umuteruye akureba, umugabo aba ameze nkugaramye, noneho umugore akagufata mu nda.

Ngayo nguko rero utazavuga ngo kubyihuba k’umugore wawe kumubuza ko umugeza ku byishimo agukeneraho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa