skol
fortebet

Umugabo wanjye ntakibasha gutera akabariro nahuye n’undi arandyohereza, kumwikuramo byanze-Nkore iki?

Yanditswe: Tuesday 31, Oct 2017

Sponsored Ad

skol

- Nkore iki ? umugabo wanjye ntakibasha gukora imibonano mpuzabitsina
- Mbigenze nte ? Hari umugabo ugiye kunyibagiza umugabo twashakanye
- Ngira inama: umugabo twaryamanye yarandyohereje none kumwikuramo byananiye

Sponsored Ad

Umusomyi wa UMURYANGO.RW yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’uru rubuga aho afite ikibazo cyo kuba umugabo we amaze umwaka atabasha gukora imibonano mpuzabitsina kandi we yumva abishaka, Ikibazo kimukomereye cyane ni umugabo baryamanye ushobora kumusenyera.

Mu magambo ye yagize ati"Ndagisha inama mfite umugabo n’abana 3 tumaranye 12ans (imyaka 12) ariko yagize ikibazo ntagishyukwa,amaze umwaka wose tudahura kdi njye mba mbishaka.

Vuba aha rero nahuye n’umugabo ukiri muto turabikora biratinda amenera amazi numva ndaryohewe.none umugabo yanze kunshikaho arampamagara kenshi ambwira ngo ntazigera andeka naramuryoheye.arashaka duhore duhura kdi njye simbishaka Kubera kwanga ko umugabo yazabimenya.

Kdi sha afite igitsina kinini kiryoshye ni umuhanga azi kubikora kurusha n’umugabo wanjye uko yabikoraga nkore iki"?

Ni ahanyu rero nimugire uyu muvandimwe wacu inama ,birashoboka ko inama wamugira yatuma abasha gufata umwanzuro ukwiye akamenya icyo gukora akivana muri ibi bibazo neza. Inama yawe ni umusanzu ukomeye cyane !

Ibitekerezo

  • ARIKO MWARASAZE, KO UTATIGISHIJE SE MBERE Y’ UKO UJYA GUKORA AYO MAHANO. MUGE MUHAGIRA HIRYA

    Nonese umugabo we yabaye iki?none ubundiho wumva atamaze kumuca inyuma!abantu bubu baragoy kuko babaza inyishu kandi bayifise muntoki!

    Kubura ubushobozi bwo gutera akabariro nindwara ikira kenshi barabirogana abatifuzako wubaka cg akaba harisezerano yagiranye nabakurambere bishobora nokuba indwara isanzwe ariko manicure mumaso yanjye benshi babohoka bafite bene ibyobibazo yadusura kurubuga rwacu www. Patmosfc. Org

    Usibye kwamamaza ubusambanyi ntakindi mwakora.

    Nge sinakurenganya ntiwabaho utabikora kd uri muzima ahubwo umugabo wawe niyivuze Kate bitaragera kure da,Nina ubwo waramuryoheye nawe akakuryohereza ntuzajarajare.

    Unva mugenzi unva mwese abanyunva bameze nkaw hari ubushoboz bubohora imbohe bubonekera mu maraso Ya Yesu rero atinye urubanza rumuhagaze imbere rwabahemutse aho kwihangana gushitsa kwiherezo

    Nonese ubwo uzakomeza kujya uribwa nigitsina kd harugishaka uwo mwabikoranye uzage umuha mwibanga kuko umugabo wawe atabyitayego kd wowe ubishaka jyumuha nubundi ntacyo bitwaye

    inama,umugabo wawe nubwo yahuye nikibazo ntugomba kumutererana kuko Nawe atabyihamagariye, rero ugomba kwihangana .ubwose utihanganye ugasha undi nawe ukarwara ntibakwihanganire, nawe byakubabaza ahubwo mufashe kwivuza unamusengere

    Uzasubireyo
    nta
    mahwa

    Uzasubireyo
    nta
    mahwa

    yooh! sha wahuye nibibazo ariko niwoe wabyiteye kuko ahokugirango uvuze umugabo wawe wamuciyinyuma nonengo inama? nawe uzayigire ngoyarandyohereje kurusha n umugabo wange? ubwonyine warayigiriye komeza umuhe gs uteye numujinya woe ntakind

    yooh! sha wahuye nibibazo ariko niwoe wabyiteye kuko ahokugirango uvuze umugabo wawe wamuciyinyuma nonengo inama? nawe uzayigire ngoyarandyohereje kurusha n umugabo wange? ubwonyine warayigiriye komeza umuhe gs uteye numujinya woe ntakind

    yooh! sha wahuye nibibazo ariko niwoe wabyiteye kuko ahokugirango uvuze umugabo wawe wamuciyinyuma nonengo inama? nawe uzayigire ngoyarandyohereje kurusha n umugabo wange? ubwonyine warayigiriye komeza umuhe gs uteye numujinya woe ntakind

    MFITE IGITSINA GITO, ESE BITERWA N’IKI ? ESE HARI UBUFASHA ? (Atrophy of the penis or Penile Atrophy)
    Muri iki gihe,abagabo benshi usanga bafite ibibazo bitandukanye byo gukora imibonano mpuzabitsina hamwe n’abo bashakanye,ndetse bikagira ingaruka mbi mu mibanire mu miryango,aho usanga hahoramo intonganya za hato nahato.Ibi akenshi usanga biterwa n’ibibazo bitandukanye,nk’umunaniro ukabije,ubushake bucye,indwara zica intege umubiri,ndetse n’imibanire itari myiza hagati y’abashakanye.Gusa n’ubwo bimeze gutyo ariko,hari n’abananirwa gukora imibonano mpuzabitsina kubera kugira igitsina gito kiri hafi ya ntacyo,aribyo bita Penile Atrophy cyangwa Atrophy of the penis.Ese byaba biterwa n’iki ? Ese hari ubufasha ?
    Ese Penile Atrophy ?
    Penile Atrophy ni ukugwingira kw’igitsina cy’umugabo cyangwa kugabanyuka kw’ingano y’igitsina cy’umugabo,bish
    obora guterwa n’impamvu nyinshi zitandukanye,harimo nko kudatembera neza kw’amaraso mu gitsina,imisemburo mike ya Testosterone ndetse n’ibindi.
    Ubusanzwe igitsina cy’umugabo gishobora guhindura ingano yacyo bitewe n’impamvu zitandukanye,harimo nko kuba yiteguye gukora imibonano mpuzabitsina,ihindagurika ry’ibihe,ndetse n’ibindi,….Gusa iyo igitsina cyagwingiye,ntabwo ubona kiyongera n’ubwo waba ugiye gukora imibonano mpuzabitsina.
    Ese ni iki gitera kudakura neza kw’igitsina ?
    Kudakura neza kw’igitsina bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye,nkuko tubikesha urubuga rwandika ku buzima bw’imyororokere rwitwa menlify mu nkuru bahaye umutwe ugira uti “Understanding Penile Shrinkage and What You Can Do About It”
    Dore impamvu 4 z’ingenzi zitera kudakura neza kw’igitsina :
    1. Kudatembera neza kw’amaraso mu gitsina cy’umugabo :Amaraso aba arimo intungamubiri zitandukanye,ni nayo agaburira imikaya igize igitsina cy’umugabo,iyo rero adatembera neza mu gitsina,wenda bitewe n’ibibazo by’imitsi ishobora kuba yifunze cyangwa se ibindi byatuma atageramo neza,igitsina gitangira kugabanyuka buhoro buhoro.
    2. Kugira imisemburo mike bita Testosterone : Ubusanzwe iyi misemburo ta Testosterone ifasha igitsina gukura neza,iyi misemburo igenda igabanyuka bitewe n’imyaka,bityo bigatuma igitsina kigenda kiba gitoya.
    3. Uburwayi butandukanye bushobora gufata imikaya igize igitsina cy’umugabo : Hari uburwayi butandukanye bufata imikaya igize igitsina cy’umugabo nabwo butuma igitsina kidakura neza ndetse kikanagwingira.Muri ubwo twavugamo nk’ubwo bita Peyronie’s disease (Ni indwara ituma igitsina kihina),za Kanseri zitandukanye zifata igitsina,ndetse n’izindi zandurira mu mibonano mpuzabitsina.
    4. Umubyibuho ukabije : Umubyibuho hano tuvuga ntabwo ari ukubyibuha umubiri wose,ahubwo ni hahandi usanga umuntu w’umugabo afite ibinure byinshi kunda ugasanga afite inda nini cyane.Iyo rero inda ari nini yuzuyeho ibinure,Ikurura igitsina ugasanga afite agatsina gato,karanyunyutse cyane.Sibyiza rero kubyibuha birengeje urugero,cyane cyane kubyibuha inda.
    Ese wari uziko byavurwa ?
    Mu kuvura ubu burwayi bigendana no kumenya impamvu yabiteye,ni byiza rero kugana muganga wabizobereye akareba impamvu ibitera.
    Dore rero ubufasha ku bantu bafite iki kibazo
    Ku bagabo bafite iki kibazo cyo kugira igitsina gito,Ubu habonetse imiti myimerere ikoze mu bimera,ndetse ikaba yizewe ku ruhando mpuzamahanga kandi nta n’ingaruka igira ku muntu wayikoresheje.Iyi miti ituma amaraso atembera neza mu gitsina,ikongera imisemburo ya Testosterone,ndeste ikanagabanya ibinure by’umurengera.M
    uri iyo miti twavugamo nka Vig power Capsule,Pine pollen tea,Zinc tablets,Slimming Capsules,……
    Dukorera kwa Rubangura Mu Mugi WA KIGALI. cont :+250784439493,whatsap +250722413591.Roho nziza itura mu mubiri muzima!
    sangiza abandi ububutumwa uraba utabaye beshi.

    umva ahokwicwa numubiri wajya uha uwo ukuvura arko mwibanga rikomeye kugirango udatandukana numugabowawe

    Njye Ndumv inama warayigirie mbere kuko ujya guca inyuma umugabo wawe ntawe wabajije bityo ikiruta byose nuko wakwihana kuko kwihangana bibaho Kandi siwowe wenyine byaba bibayeho sanga Yesu akuruhure niyo nama nguha

    Umva mugerageze kujya mu bitaro nibyanga uzatane nawe wibanire n’uwo urakuryohereza.

    Ihanganemushikiwa.cuntawakugaya..arikorero.uburyohe.bugerahobukavamo.uburyane.youkomezagusenga.imana.uyereka.ikibazomufite.igeraho.igasubizayotuyisabyetwizeye..gusakoyesuwatmbwekubwacu.akwihanganishasinkwifurijegucinyuma..ahokugirangobiza.byaribibazo.uzaganirenuwomwashakanye.umubaze.iherezo.ukobizamera.ko.ukirimuto.yesu.abibafashemo.

    yesu kristo niwe wagukiza kuko nawe ariwowe bibayeho ntiwakwishimira ko baguca inyuma, musengere azakira kuko yesu kristo atanga itegeko bigashoboka, naho niwishinga ubusambanyi buri hanze aha uzarimbuka kuko ibihembo by’ibyaha ni urupfu arko impano y’Imana ni ubugingo buhoraho muri kristo yesu (abaroma6:23).

    yesu kristo niwe wagukiza kuko nawe ariwowe bibayeho ntiwakwishimira ko baguca inyuma, musengere azakira kuko yesu kristo atanga itegeko bigashoboka, naho niwishinga ubusambanyi buri hanze aha uzarimbuka kuko ibihembo by’ibyaha ni urupfu arko impano y’Imana ni ubugingo buhoraho muri kristo yesu (abaroma6:23).

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa