skol
fortebet

Reba ibintu 3 bituma umugabo yumva adashaka umugore nyuma yo gutera akabariro

Yanditswe: Tuesday 16, May 2017

Sponsored Ad

skol

Umugabo ubundi mushobora gukorana imibonano muzabitsina icyumweru cyangwa ukwezi ubundi nyuma akakureka,ariko ubundi kuki abagabo bakundana n’umugore kugira ngo bakorane imibonano mpuzabitsina gusa?hano hari amabanga 3 abitera kandi ashobora no kuba urukingo rw’abakobwa.
1.Ni Ubugenge:
Ubundi nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina ubushyuhe n’ubushake wari ufite buragabanyuka,ndetse n’intanga zari zikuremereye ubwo zihita ziba nkeya,ubwo ako kanya ukumva uwo mukobwa cyangwa umugore mwari muri (...)

Sponsored Ad

Umugabo ubundi mushobora gukorana imibonano muzabitsina icyumweru cyangwa ukwezi ubundi nyuma akakureka,ariko ubundi kuki abagabo bakundana n’umugore kugira ngo bakorane imibonano mpuzabitsina gusa?hano hari amabanga 3 abitera kandi ashobora no kuba urukingo rw’abakobwa.

1.Ni Ubugenge:

Ubundi nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina ubushyuhe n’ubushake wari ufite buragabanyuka,ndetse n’intanga zari zikuremereye ubwo zihita ziba nkeya,ubwo ako kanya ukumva uwo mukobwa cyangwa umugore mwari muri kumwe utakimukeneye kuko wikemuriye ikibazo wari ufite.

2.Yumva ahuzwe:

Iyo umugabo amaze gukora imibonano mpuzabitsina mu kanya gato ahita yumva ayihuzwe,kuburyo yumva ashaka no kuva aho yayikoreye ndetse nuwo bayikoranya agatangira kumureba nkicyo imbwa ihaze ndetse akumva atakimukeneye no kumureba iruhande rwe.

3.Umuha kenshi

Ubundi abagabo ntibakunda kandi mu gihe bumvishe bashatse gukora imibonano mpuzabitsina batabura uwabarangiriza ikibazo.Bamwe mu bagabo ni abana babi burya niba utarubizi,bakunda umukobwa mbere yo gukorana imibonano mpuzabitsina,hanyuma nyuma yayo bakamwanga,wowe ahubwo niba wumva ushaka kugumana n’umuhungu mukundana,nazanjya agusaba ko mwakorana imibonano mpuzabitsina unjye umukanira kugeza igihe mushinze urugo,aho ho uzaba umushoboye kabisa.

Ibitekerezo

  • wowe ahubwo niba wumva ushaka kugumana n’umuhungu mukundana,nazanjya agusaba ko mwakorana imibonano mpuzabitsina unjye umukanira kugeza igihe mushinze urugo,aho ho uzaba umushoboye kabisa!

    HUMMMM! NONE SE NAKUGEZA MURUGO AKABIKORA YARANGIZA AKAGUHURWA BYO BIZAGUSHIMISHA?! N Y I R A B U G E N G E N’U B U G E N G E B WA Y O!

    Umugabo akugejeje murugo akabigukarere byobyagendagute

    Umugabo akugejeje murugo akabigukarere byobyagendagute

    Umugabo akugejeje murugo akabigukarere byobyagendagute

    Nukuri muvuze ukuri, abagabo sinzi uko babaye, uko niko bameze pe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa