skol
fortebet

UBUHAMYA:Uyu mugabo yatinye ko umuhungu we yagira ikibazo maze asaba umugore we kuryamana nawe

Yanditswe: Sunday 11, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Ndagushimiye wowe ugiye gusoma ubu buhamya. Iki kibazo nkimaranye igihe kirekire, n’ umugore wanjye ntabwo arumva impamvu namutegetse gukorana imibonano mpuzabitsina n’ umuhungu wacu. Niyo mpamvu mfashe uyu mwanya ngo nsabe impanuro.

Sponsored Ad

Byose byatangiye ubwo uyu muhungu wanjye yizihizaga isabukuru y’ imyaka 18 yari amaze avutse, mu birori haje abahungu gusa, ntangira kugira ubwoba ko umuhungu wacu yaba ari umutinganyi cyangwa atinya gutereta abakobwa.

Njye n’ umugore wanjye twasabye umuhungu wacu ko ku munsi ukurikiyeho atwereka umukobwa bakundana. Yatuzaniye umukobwa mu rugo, nabajije uwo mukobwa icyatumye ataza mu izabukuru y’ umuhungu wanjye ambwira ko yari afite akazi kenshi ise akamubuza kugira aho ajya.

Mu nzu yo mu gikari harimo icyumba twashyizemo kamera zifata amashusho, dusaba umuhungu wacu n’ umukunzi we kujyayo bakaganiriraho bishimisha. Nafashe Viagara nyishyira mu kinyobwa barimo banywa, nyuma ngira ubwoba ko nshobora kuba nashyizemo nyinshi nkiyicira umwana.

Numvaga umuhungu wanjye ari bupfe nihashira isaha atakora imibonano mpuzabitsina. Kuko twari tubikurikiranye ku mashusho, umuhungu wacu yagerageje kenshi gusoma uwo mukobwa amuhatiriza umukobwa ahita arakara arigendera.

Mbona umuhungu wanjye agiye mu buriri araboroga nk’ urimo kuribwa, umugore wanjye nawe yararakaye. Niwe wenyine wagombaga kugira icyo afasha umuhungu we. Namusabye ko atabara ubuzima bw’ umwana wacu, abanza kwanga ndamuhatiriza.

Kuva ubwo umugore wanjye yanze kongera kumvugisha, n’ umuhungu wacu yarahunze kubera isoni. Nangije ubuzima bwanjye kubera gutinya ko umuhungu wanjye yaba ari umutinganyi.

Nubwo mbizi ko usomye iyi nkuru ugahita undakarira ariko nkeneye ko mu ngira inama kuko ibyo nakoze nabikoze ku bwo gukunda umwana wanjye kuko nari mufite ari umwe ntashaka ko apfira mu maso.

Ibitekerezo

  • Kuba uri umubyeyi mubi byo simbigarukaho, ubwose uwo mwana wimyaka 18 c umunyeshuri? ko wari wamusabye ko akuzanira uwo bakundana akamuza nubwo nabyo bitari ngobwa kuki washakaga ko basambana kd ntanumwe muri bo mwabiganirijeho? ese niba wari wagize ubwoba ko yaba ari umutinganyi kuki utabanje kubimubaza ngo Urebe uko agusubiza? ndumva uwo mugore wawe nawe nta mpamvu afite yo kukurakarira kuko ibyo mwakoze mwari mwabyumvikanyeho gusa njye murantangaje pe, mbabajwe nuwo mwana wumva ko yakoze amahano kd ari ababyeyi be bamuroshye mu cyobo. icyo wakora cyo nugushaka umwana wawe mukamubwiza ukuri kd mukamusaba imbabazi kuzibaha byo ni uburenganzira bwe.

    umurengwe wica nabi koko??? ubwo icyo nicyo kibazo wari ufite wumvuga wakemura byihutirwa gusa???ubundi ukagikemuza viagra

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa