skol
fortebet

Umukobwa Se yagushije mu mutego akamusambanya aragira inama abana

Yanditswe: Monday 16, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Buri uko numvise ababyeyi bangiza abana b’ abakobwa birambabaza, ndashaka gufasha aba bakobwa gusohoka muri uwo mubabaro.

Sponsored Ad

Umugabo w’ imyaka 45 wo mu gihugu cya Nigeria wasambanyije umwana we w’ umukobwa avuga ko yabonye nta kibi kirimo.

Uyu mugabo gito yaravuze ngo “Twaryamanye inshuro nyinshi, nta kidasanzwe numvishe mu kuryamana n’ umukobwa wanjye. Ndabizi ko nta nda nzamutera kuko ndamwiyaka”

uyu mwana na mukuru we babanje kurerwa na nyina wari waratandukanye n’ uyu mugabo. Hashize imyaka itatu uyu mwana w’ umukobwa wari ugize imyaka 13 ajya kubana naze kugira ngo akomeze amasomo mu mashuri yisumbuye.

Tariki 13 Nzeli umwaka ushize Mr. Udoh yasabye uyu mwana w’ umukobwa kujya koga abanza kwaga se akomeza kumuhatiriza ageze aho aremera.

Uyu mukobwa agira ati Nahise njya muri douche ngitangira koga mpita nshika intege burundu. Navugije induru ntihagira umuturanyi unyumva Papa niwe wantabaye. Yahise ajyana mu nzu, ampa ikinyobwa cyitwa topioka ntaramenya ibiri kumbaho ibyo aribyo ahita ansambanya. Sinzi niba amazi noze yarimo imiti yo kunsha intege. "

Inama nagira abakobwa bahohoterwa n’ ababyeyi babo ni ugubahunga abo babyeyi gito no kubimenyesha inzego z’ umutekano.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa