skol
fortebet

Urushako ruramunaniye ngo kuko arambiwe kuba isugi kandi afite umugabo-REBA HANO

Yanditswe: Saturday 25, Aug 2018

Sponsored Ad

skol

Umugore uri mu kigero cy’imyaka 26 yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’urubuga umuryango.rw aho afite ikibazo mu rugo rwe kimukomereye cyane gishobora no gutuma urugo rwe rusenyuka.

Sponsored Ad

Uyu mugore afite ikibazo cy’uko umugabo we adaha agaciro umwanya w’igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina aho ayikora ameze nk’uwikiza nk’uko uyu mugore abitangaza.

Mu gahinda kenshi uyu mugore yagize ati ” Rwose ndarambiwe kwitwa ngo narashatse kandi meze nk’umukobwa w’isugi, mfite imyaka 26 umugabo wanjye afite 36, maze imyaka 4 mbana n’umugabo wanjye ariko iyo myaka yose sinigeze nyibonamo ibyishimo nari ntegereje nk’umukobwa uba ufite amashyushyu menshi yo gushinga urugo no gukora imibonano mpuzabitsina n’umugabo akayihaga.

Umugabo wanjye akora akazi ku buryo saambili z’ijoro aba yatashye, iyo ageze mu rugo musanganira mugaragariza urugwiro ariko nkabona ntacyo bimubwiye akamfata nka mushiki we. mbega twibanira nk’abavandimwe ibyo kuba umugore n’umugabo bisa nk’ibitabaho.

Umugabo wanjye yantegetse ko tuzajya dutera akabariro rimwe mu cyumweru, nanjye kugira ngo atabona ko ariyo nshyize imbere cyane ndabimwemerera n’ubwo numvaga ntabyishimiye, Mbabwize ukuri n’iryo rimwe ni nk’aho ritabaho kuko n’iyo agize icyo akora atinzwa no kwinjiza igitsina cye nkajya kubona nkabona aranyiyatse uwo mwanya ngo ararangije.

Iyo arangije duhita turekeraho kuko tugiye mu byo gutegereza ko yongera gufata umurego bwakira bugacya, twigeze gutegereza rimwe turaheba kandi namukoreye ibishoboka byose ngo ndebe ko yakongera kubishaka ngo ankize umuriro numvaga mfite biranga.

Mu by’ukuri ubu nabuze icyo nakora, nashatse umugabo nziko njyiye kubona umwanya wo kumwidagaduraho akanasogongeza ku byo najyaga numva ngo umugore akora imibonano mpuzabitsina akagera ku byishimo bye bya nyuma, ariko rwose ibyo nibwiraga byaranyangiye wagira ngo nibanira na musaza wanjye. Rwose mungire inama y’icyo nakora kugira ngo mbone ibyishimo mu rugo rwanjye. kandi sinshaka kwiteza rubanda”.

Ibitekerezo

  • Njye icyo namufasha nkumu sexologist yafata number zany tukazavugana biri private nkamugira inama kandi byamufasha 0780885498

    Ihangane ibyo uteganya kuzabona siko byise ubibona ahubwo senga Imana cyane utange icyo cyifuzo ko wabuze ibyishimo mu rugo rwawe bitewe nuwo mwashakanye kdi ashobora kuba ari ikibazo cy,uburwayi wagerageza ukamujyana kwa muganga bakareba ikibazo afite kdi nibura akareba uburyo yajya akora sport nibura 3 mu cyumweru akarebako icyo ikibazo cyo kurangiza vuba cyarangira.

    jya kumuvuza

    Uzahamagare Hano:0783553179 nkugire inama

    Sha waziyiziye ko ngewe mbishoboye ko nakumara agahinda

    nanjye umugabo wanjye niko yari ameze ariko byaje gukunda bitanyoroheye. uzanyandikire kuri [email protected] nkugire inama ndabizi birababaza.

    Umva uzaze ngufashe tel: 0786430239
    Nguhe umuti

    umva wamwihera mukaganira noneho kuko iyo nirwara kbs mukajyana kwamuganga bakamuvura akajya akora sport myinshi kbs

    Ihangane ark wampamagara kuri 0782736186 haricyo nagufasha

    mubyukuri birago ariko numva mwafa umwanya wokubiganiraho mwembi mwicaye hasi byabangombwa mukazegera abaganga babizobereyemo bakabagirinama biranashoboka koyavurwa agakira harigihe biba arimiterereye cg. yarigeze kwikinisha cg ubundiburwayi butandukanye

    Woe ihangane !
    Gusa uzampamagare0786160957 nkugire inama

    umva uzamugirinama yokuryakwamuganganubonabyanze uzamureke wishakirundikukontiwabivamo

    Call +260974001475

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa