skol
fortebet

Waruziko urebeye mu maso wamenya umukobwa waryoshya imibonano?

Yanditswe: Monday 07, May 2018

Sponsored Ad

skol

Abantu benshi bagenda bibaza niba hari uburyo wamenyera ko umukobwa cyangwa umugore baryoshya imibonano mpuzabitsina mutari mwaryamana, gusa Nkuko abantu twese tudahuje imico ndetse n’imitere y’umubiri ninako burya n’imyitwarire yacu mu gihe cyo kubaka urugo (gukora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye) iba itandukanye.

Sponsored Ad

Iyo abashakanye buzuzanya mu gihe cyo gutera akabariro usanga urwo rugo ruhora rutuje mbese nta makimbirane aturuka mu byabereye ahiherereye arangwa muri urwo rugo, n’iyo mpamvu rero uyu munsi tugiye kwibanda cyane ku bimenyetso bishobora kukwereka umukobwa wagufasha kugira icyo wimarira mu gihe mwaba mu rushinze , ari n’abyo umukobwa wese agomba kugerageza kwitaho kugirango azabashe gushimisha umukunzi we mu gihe azaba yafashe umwanzuro wo kubana n’uwo adashaka gutakaza mu gihe cye asigaje ku isi.

Mu muco wacu wa kinyarwanda ubundi uvuga ko iyo umukobwa yagize amahirwe yo kubana na Nyirasenge akamuha impanuro z’uko bita ku mugabo uwo mukobwa aba ashobora kuba yakwitwara neza mu gikorwa cyo gutera akabariro gusa nanone ibi ntawabishingiraho kuko hari nigihe wasanga na Nyirasenge ari inyanda muri icyi gikorwa.

Bityo rero uyu munsi twagukoreye ibimenyetso bishobora ku kwereka umukobwa ushobora kwitwara neza mu gihe cyo gutera akabariro ukurikije uko umubona mu buzima busanzwe.

1. Umukobwa ubasha kwiterura si unanutse gusa, kuko hari umukobwa uzasanga ananutse ariko nta gatege yigirira kimwe nuko uzabona umukobwa ubyibushye cyane kandi ahorana ingufu n’imibaduko. Umukobwa ugenda asodoka uwo nta kigenda, ahubwo wa mukobwa ubona yiterura akava hasi, akihuta mbese ukabona yiyoroshya nk’ibaba kabone nubwo abyibushye, uwo aba yaryoshya imibonano.

2. Umukobwa ufite umubiri worohereye nk’isashi irimo amazi, ufite hagati y’amaguru hegeranye, ufite ku kiziba cy’inda hasa nk’ahabyimbye uwo aba aroshya imibonano.

3. Umukobwa ugira ubukirigitwa, kandi akagira amarangamutima menshi (sentiments and emotions). Wa mukobwa urizwa n’ubusa, yababara akarira yakwishima akarira.

Ibitekerezo

  • ibyo mushyiraho kurubuga nibyiza kuko bituma tumenya aho isi igeze
    gusa muzongeremo amakuru y:amateka yubumenyi bw’isi turusheho kumenya isi yahashize.

    IBYO NI UKURI PE !.

    Ndabakunda kumakurumutugezaho
    arikoturasha nayomucyirere

    mwanafunz turakwemer cyan kbx

    Njya mbabona

    umva ibyo utubwiye nukuri ndabibona.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa