skol
fortebet

Niba waburaga ubushake cyangwa se ukarangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hari igisubizo kizewe, nyuma y’iminsi itatu gusa uba wongeye gutera akabariro neza !

Yanditswe: Thursday 06, Jul 2023

featured-image

Sponsored Ad

skol

Bimwe mu bintu biri ku isonga mu gusuzuguza abagabo imbere y’abagore babo ni ukuba bagera mu gikorwa cy’abashakanye umugore akaba abyifuza ariko umugabo nta gire ubushake nabuke, cyangwa se yanabugira agasiga umugore we akibikeneye kubera kurangiza vuba ku mugabo!

Sponsored Ad

Iki ni ikibazo kiri ku isi yose giterwa n’impamvu nyinshi zitandukanye hafi ya zose zigahuriza cyane cyane muguteza imanuka rikabije ry’imisemburo ya testosterone ifasha abagabo mugukora neza imibonano mpuzabitsina ku gihe gikwiriye kandi bafite ubushake muri icyo gikorwa.

Mu Rwanda bimaze kumenyekana ko hariho itsindi ry’insoresore n’abagabo ryitwa abapfubuzi bafasha bamwe mu bagore bafite abagabo batakibashije gufasha abagore babo gukora igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina ngo kirangire neza ibi bikaba n’intandaro ya za divorse n’imibanire mibi y’abashakanye.

Kubera ko Imana yashatse ko umunezero w’abashakanye ushingiye kuri iki gikorwa ugomba kubaho ari uko umugabo abikoze ku kigero nyacyo gituma uwo bashakanye agera ubwo arangiza,iyo ibyo bitabaye bishobora gutera n’ingaruka nyinshi ku bagore batajya barangiza mu gikorwa cy’imibonano mpuza bitsina,zirimo kurwara imigongo idakira,ibibyimba muri nyababyeyi n’ibindi birimo kuba umugore ahora yumva ataguwe neza mu mubiri rimwe narimwe bikamutera umunabi.

Bivugwa ko igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina kiramutse gikozwe neza mu miryango,umubare w’abashakanye batandukana wagabanuka cyane.

Abagabo bafite icyo kibazo nabo bahorana ipfunwe no guhora bashakisha iko bakira icyo cyago kibabuza umunezero uhebuje Imana yageneye abashakanye .

Kubera ko benshi ku isi yose bazi ko iki kibazo gifitwe nabenshi hadutse n’abakora imiti yo guhangana n’iki kibazo n’ubwo imyinshi muri yo ari ifasha abagabo mu gihe bari mu gikorwa gusa basoza bakisubirira uko bari bari.

Ntitwabura kuvuga ko hari n’imiti myinshi yakozwe ariko atagira nicyo yafasha nagato abagabo gukemura icyo kibazo, bisaba kwitonda.

Dusoza turababwira ko ubu byibuze hari umuti wasanga muri BE HEALTHY ufasha bagabo ko ngera kuvugurura imisemburo yabo (restoration) kuburyo byibuze nyumya y’iminsi itatu uba wumva ubushake bwo gukora imibonano mpuza bitsina bwa garutse kubamaze igihe kinini batagira ubushake n’ababugira bitinze kandi ugakora igihe gihagije kubarangiza vuba .

Uyu muti ukoze mu mwimerere w’ibimera by’iwacu ku kigero cya 75% .
Dushingiye ku batangabuhamya bagiye banivuza ahandi hatandukanye,ubwabo bivugira ko uyu muti bawufitiye ikizere cyane.

Kugeza ubu mubamaze kuwufata ntawe uvuga ko umuti ntacyo wamumariye n’ubwo bamwe bibasaba gufata ingano ihagije bitewe n’ikibazo bafite kimaze igihe cyangwa se bitewe n’imiterere y’imibiri yabo,ariko baba bashima ko umuti uri kubafasha.

Uwukeneye waduhamagara kuri +250788570346 dukorera ku Gisozi hafi na ULK munsi ya Hotel MADRAS .

Dushingiye ku bantu uyu muti umaze gufasha turabasaba kudashidikanya mukaza tukawubaha ikibazo mufite kigakemuka burundu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa