skol
fortebet

Mupenzi ni umusore ushaka umukunzi w’umukobwa cyangwa se niyo yaba ari umugore ariko ubyaye rimwe

Yanditswe: Friday 16, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Muraho, nitwa Mupenzi Christian mba I musanze nkora mu cyahoze ari EWASA mfite imyaka 28 sinigeze mbyara hanze,ndi muremure kandi ndirabura bidakabije.
Ndashaka umukobwa cyangwa umugore ufite imyaka hejuru 25 kugeza kuri 40 kandi nkaba nifuza ko twahita tubana bya vuba.ikindi nuko aramutse yarigeze kubyara nta kibazo kirimo byaba byiza cyane afite akazi cyangwa afite uburyo yinjiza, uwaba afite gahunda yanshakira kuri 0734666286.
NAWE NIBA USHAKA KO TWAKUBERA UMURANGA WATWANDIKIRA KURI (...)

Sponsored Ad

Muraho, nitwa Mupenzi Christian mba I musanze nkora mu cyahoze ari EWASA mfite imyaka 28 sinigeze mbyara hanze,ndi muremure kandi ndirabura bidakabije.

Ndashaka umukobwa cyangwa umugore ufite imyaka hejuru 25 kugeza kuri 40 kandi nkaba nifuza ko twahita tubana bya vuba.ikindi nuko aramutse yarigeze kubyara nta kibazo kirimo byaba byiza cyane afite akazi cyangwa afite uburyo yinjiza, uwaba afite gahunda yanshakira kuri 0734666286.

NAWE NIBA USHAKA KO TWAKUBERA UMURANGA WATWANDIKIRA KURI [email protected]

Ibitekerezo

  • mupenzi hari uwo nakurangira (umukobwa) keretse ariko koko ufite gahunda yavuba. calling and whatapp 0785465792.

    ndi umusore wimyaka 30 ndimugufi 1m65cm urumvakondinganiye ndumusiporutifu umubiriwo narawubatse ndikorera arko utuntunkora turaciriritse naranjyije amashuriyisumbuye nkaba nifuza umukobwa change umufillemr cga numudamu Arko wapfakaye akirimuto agomba Luna atarimunsiyimyaka27kdi atarihejuru ya35 agombakuba afite amafranga yadutunga kukojyewe ntayo njyira agombakuba afite inzu mumujyi WA kgl Akaba afite nakazi katamuboha agomba kuba arumuntu ukunda guteteshwa ataribabandi banutse sinitakwisura amashuri imiryango cga amoko icyondeba nibyonavuze ruguru ubundi akazihorera mwisiyumunezero uwumva abyujuje ataribabandi bapipabipa contact nizi0789060215

    ndumusore wimyaka 22 mite metero 1.80 , nkaba niga muri kaminuza imusanze .
    nkaba nifuza inshuti yumugore cyangwa umukobwa ariko unduta mumyaka
    tuzabanza kukundanaho igihe kirekire. abaye abyibushye byaba akarusho akaba afite nakazi .
    murakoze . uwufite gahunda yamamagara kuri 0785145198

    Muraho Ester nifuzu mukunzi wumusore26na35kukonange25na30ufite gahunda adakina mfituru kundo nyarwo kdi sinkunda bantu babesha uwabi shobora avugishu kuri yampa marara0722528512murakoze.

    Muraho Ester nifuzu mukunzi wumusore26na35kukonange25na30ufite gahunda adakina mfituru kundo nyarwo kdi sinkunda bantu babesha uwabi shobora avugishu kuri yampa marara0722528512murakoze.

    Ndashaka umukunzi mfite imyaka 26 ndashaka umusore ufite gahunda 0780484267

    Ndashaka umukobwa ufite gahunda adakina, muremure cg murugero winzobe cg imibiri yombi wize kndi afite nicyo akora utuye mumajyepfo cg kigali contact 0788845885/0722440039 murakoze

    njyendagushaka

    Sinshatse kwivuga izina,gsa ndi umukobwa mfite imyaka 28 nize secondaire yonyine nkabanifza umukunzi ufite hagatiyimyaka 30-37 kdi wumvako nawe yifuza kurushinga vuba kdi afote ingesonziza abaye akijijwe byaba ar akarusho uwimva abyifuza yampamagara kuri 0722078102 tukavugana merci

    Sinshatse kwivuga izina,gsa ndi umukobwa mfite imyaka 28 nize secondaire yonyine nkabanifza umukunzi ufite hagatiyimyaka 30-37 kdi wumvako nawe yifuza kurushinga vuba kdi afote ingesonziza abaye akijijwe byaba ar akarusho uwimva abyifuza yampamagara kuri 0722078102 tukavugana merci

    Muraho!nyita JOHN siryo Zina ryanjye; ndi umugabo mfite umugore ariko ntitwabyaranye ndashaka umukobwa mwiza (face &feetness) wambyarira tukabana tugafatanya no kurera;uri read asige no ze muhamagare merci

    Nitwa RUKUNDO sinshatse kuvuga irindi zina mfite imyaka 29, natandukanye nuwo twashakanye, kd ntamwana dufitanye ntanuwo nabyaye mubundi buryo,ngira urukundo pe ruzira imbereka mfite 1m65cm narangije secondary, imibiri yombi, 68kg, nkora akazi kumutekano nkaba nshaka umukunzi ufite ibi bikurikira: 1. Kuba yarize guhera kuri trocaumin, 2.kuba ari umukobwa cg umugore kd atarengeje imyaka 40. 3.kuba abyibushye hasi hejuru ananutse 4.imibiri yombi 5. Kuba yubaha,acisha bugufi, avuga make, afite umuco nyarwanda 6.kuba afite akazi kamuhemba cg afite ikindi kintu avanaho amafaranga 7. Kuba afite gahunda yo kubaka kandi vuba hatitawe uburyo bwakoreshwa 8. Kuba atarengeje abana 3 kuwigeze gushaka cg akabyarira murugo rwababyeyi.ibi byose habuzemo kimwe ntakibazo. Uwakumva yambera umufasha nimero WhatsApp 0780293857/ 0725062725 murakoze

    Ndashaka incuti umugore ufite imyaka 35-45,kuba akunda gusenga, kuba afite icyo akora, afite umwana nta kibazo, avugisha ukuri, kuba akeneye urukundo kuko njye niteguye kurumuha . SMS No. yanjye:0783368709 ibindi twabivugana.

    Umukobwa mwiza utari munsi ya 25ans
    Ukeneye umugabo biri sérieux yampamagara
    ibindi tukabivugana (0732309431)

    Ndashaka umukobwa tubyarana yabishima tukabana atabishima nkamufasha kureka.niba nawe ufite gahunda nk’iyanjye call me:0732309431

    Njyewe mfite imyaka 30ans mfite abana 2 ndashaka umugore ufite abana twabyarana umwana umwe tukarekera,.agomba kuba afite uko asanzwe abayeho mbese atarera amaboko afite icyo akora kuburyo twahuriza hamwe mbese ndashaka umugoreufite gahunda abaye ahari yanyandikira kuri 0721137058 whatsapp gusa cg 0782991980 call gusa

    Hi, ndihano gushaka umugabo hagati 40-50 ans. Ibindi ni ibisanzwe turi bakuru twese. Murakoze .

    Ndabasuhuje. Nanjye nifuza kugerageza amahirwe. Ndi single mother,byanze bitanturutseho ariko nanze guheranwa namateka, nifuza kugerageza andi amahirwe . Nkeneye umugabo /umusore ukuze hejuru ya 30ans, wize ufite uko abayeho(akazi cg icyindi kumutunze) ,nawe ukuneye umugore wo kubaka. Sinyobewe ko harabaza gushaka abo gusambana no gukura, ariko njye mbaye nbahakaniye abo. Nta mupfubuzi cg indaya nshaka. Njye nfite munsi ya 35, narize ,nfite akazi kantunze kandi ndumukristo. Uri interested wantandikira kuri [email protected] . NB : ufite umugore ntazirushye anandika.

    Mwiriwe, mfite 21ans, uburebure ni 1.78cm,ibiro ni
    72kgs,nkunda gukora sport,kandi nakose n’ibaba ,ndumusore wirabura ,wubaha imana Kandi wiyubaha,nkunda koroshya ibintu, nshaka umukobwa uri hagati y’imyaka 19-21, uburebure 1.68-1.75cm, wimibiri yombi, agomba kuba ateye neza Kandi afite amabuno manini,Kandi akaba atankurikiyeho ubutunzi kuko nanjye ntabwo mfite ahubwo twafatanya tukabushaka,uwumva abyujuje yanyandicyira tukavugana.

    Email : [email protected]

    Ndifuza umukoba urihagati yimyaka 19-23 , uburebure 1.68-1.75cm ,uteye neza Kandi afite amabuno manini,ukunda koroshya ibintu ntabikomeza,Kandi ugomba kuba ari serious ntakajagari afite muri we Koko njyew ntabwo mbikunda .

    Niba Hari ibindi ucyeneye kumenya Nyandikira kuri email yanjye.👇👇👇👇👇
    Email: [email protected]

    Muraho neza? Niyise Yvette gsa siyo mazina yanjye Nanjye ndashaka umukunzi ndumukobwa mfite imyaka22 narangije seconary gusa ntakazi ndabona gusa nkunda gukora mfite uburebure 1,60 , ndimibiri yombi ntago mbyibushye ndaringaniye ndifuza umusore ufite urukundo utari mugufi cyane,arimibiri yombi byaba byiza afite akazi akaikokose kd yaranize. Murakoze uwaba yifuje ko dufatanya yanyandikira kuri email : [email protected] tukamenyana bigiye kure

    Muraho neza? Niyise Yvette gsa siyo mazina yanjye Nanjye ndashaka umukunzi ndumukobwa mfite imyaka22 narangije seconary gusa ntakazi ndabona gusa nkunda gukora mfite uburebure 1,60 , ndimibiri yombi ntago mbyibushye ndaringaniye ndifuza umusore ufite urukundo utari mugufi cyane,arimibiri yombi byaba byiza afite akazi akaikokose kd yaranize. Murakoze uwaba yifuje ko dufatanya yanyandikira kuri email : [email protected] tukamenyana bigiye kure

    Nanjye sinshatse kwivuga izina gusa ndumuhungu ufite umwana umwe nanjye ndashaka umukobwa cg umugore wumwana umwe waza tukabana ubaye wumva ushaka kugerageza amahirwe kurinjye wanyandikira kuri [email protected] cg ukampamagara kuri 0781209380 cg 0789461139 ggusa abakina no abana bataramenya kubana ibyo aribyo no thx.

    hello dear viewers, my name is J MUTANGANA searching for a lover ready for marriage and should at least be between the age of 24-28 tall but not too tall , brown but not too brown LOE A2 and above ready to participate in any kind of job, humble heart with love for every one

    Many thanks,

    Tel:0781405021 or try the Email [email protected].

    Ndumusore wimyaka 37ndashaka uwodufatanya kuryubaka umukobwa
    Cy ufitumwana1 cy watanduknye nowobashanye ariko uzurugo icyacyo afitubushake byokwitezimbere knd afitakazi utarengeje 26-34 udakina witeguye anyandikire 0788811313 ukina abireke jye ndiseriye

    Nitwa Rose mfite 30 ans
    Ndifuza umusore ufite gahunda yo kubaka ufite Imyaka 30 kuzamura.Ufite icyo akora kinjiza nanjye ndakora tugafatikanya.Yanyandikira kuri [email protected].

    Muraho neza mfite imyaka 42 ndashaka umugore ufite gahunda hagati ya 27-41 uwabishima yanyandikira number 0734735007 or ([email protected])
    uzashima niwe nzabwira ibyubuzima bwajye cg ibijyanye nahahise hanjye tuzicara hamwe tuganire byinshi

    Muraho neza mfite imyaka 42 ndashaka umugore ufite gahunda hagati ya 27-41 uwabishima yanyandikira number 0734735007 or ([email protected])
    uzashima niwe nzabwira ibyubuzima bwajye cg ibijyanye nahahise hanjye tuzicara hamwe tuganire byinshi

    Nchaka umunzi umugabo cg umusore 0722665176

    Muraho! Ndi umusore utuye Kigali, mfite akazi. Ndifuza umukobwa cyangwa umudamu twakundandana. uwumva yajya murukundo nange yampamagara cyangwa akanyandikira kuri whatsapp 0782055481.

    Muraho! Ndi umusore utuye Kigali, mfite akazi. Ndifuza umukobwa cyangwa umudamu twakundandana. uwumva yajya murukundo nange yampamagara cyangwa akanyandikira kuri whatsapp 0782055481.

    Muraho neza ndashaka umukunzi mfite 22 ndi umukobwa

    I am a single mother with 1kid if you are a single dad with one kid and aged 38yrs and above kindly reach me on [email protected] for serious relationship

    Mwiriwe?ndifuza umukobwa ufite guhera kumyaka24 kugeza kuri27 wimibiri yombi unyibushye wakubaka,Uzi gukunda icyaricyo Uzi kubaka icyaricyo,afite akazi cg yikorera,ndi tayarii nimero ni
    0789688329.

    Mwiriwe?ndifuza umukobwa wimibiri yombi ubyibushye,afite akazi,yikorera cg ka leta azi gukunda icyaricyo azi kubaka icyaricyo,afite imyaka guhera kuri24 kugeza kuri27.yiteguye kubaka,call 0789688329

    MFITE IMYAKA 22 NDASHAKA UMUKOBWA TWAKUNDANA UFITE GAHUNDA +256784827715

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa