Ese kuva amaraso mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina nibyo ko umukobwa ari isugi?
Yanditswe: Friday 02, Dec 2016
Nyuma y’ubushakashatsi bwagiye bukorwa n’inzobere zitandukanye, ngo hemezwa ko umukobwa ari isugi iyo nta gitsina cy’umuhungu cyari cyinjira mu gitsina cye bishatse kuvuga ko aba atarakora imibonano mpuzabitsina by’umwihariko akaba agifite agahu kitwa Hymen mu ndimi z’amahanga.
Benshi bajya bibeshya bagacyeka ko iyo bakoranye imibonano mpuzabitsina n’umukobwa akava amaraso ko aba amutwaye ubusugi, yego birashoboka ariko si buri gihe, ngo gusa ikibyemeza cyane ni aka gahu kaba gapfutse umwenge (...)
Nyuma y’ubushakashatsi bwagiye bukorwa n’inzobere zitandukanye, ngo hemezwa ko umukobwa ari isugi iyo nta gitsina cy’umuhungu cyari cyinjira mu gitsina cye bishatse kuvuga ko aba atarakora imibonano mpuzabitsina by’umwihariko akaba agifite agahu kitwa Hymen mu ndimi z’amahanga.
Benshi bajya bibeshya bagacyeka ko iyo bakoranye imibonano mpuzabitsina n’umukobwa akava amaraso ko aba amutwaye ubusugi, yego birashoboka ariko si buri gihe, ngo gusa ikibyemeza cyane ni aka gahu kaba gapfutse umwenge w’igitsina cy’umukobwa (Hymen) kurusha uko byagaragazwa n’amaraso kuko ashobora kuyava bitewe no gukomereka cyangwa ubundi burwayi yari afite mu myanya ndagagitsina.
Nyuma y’ubushakashatsi bwagiye bukorwa n’inzobere zitandukanye, ngo hemezwa ko umukobwa ari isugi iyo nta gitsina cy’umuhungu cyari cyinjira mu gitsina cye bishatse kuvuga ko aba atarakora imibonano mpuzabitsina by’umwihariko akaba agifite agahu kitwa Hymen mu ndimi z’amahanga.
Benshi bajya bibeshya bagacyeka ko iyo bakoranye imibonano mpuzabitsina n’umukobwa akava amaraso ko aba amutwaye ubusugi, yego birashoboka ariko si buri gihe, ngo gusa ikibyemeza cyane ni aka gahu kaba gapfutse umwenge w’igitsina cy’umukobwa (Hymen) kurusha uko byagaragazwa n’amaraso kuko ashobora kuyava bitewe no gukomereka cyangwa ubundi burwayi yari afite mu myanya ndagagitsina.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *