Umusore w’umudage Antonio Rudiger ukinira AS Roma uri hafi kwerekeza mu ikipe ya Chelsea yatangarije itangazamakuru ko yakuze akunda kureba ikipe ya Arsenal cyane kandi ko imuba ku mutima cyane....
Mu ijoro ryo ku wa kabiri taliki ya 04 Nyakanga 2017 nibwo umusore Peter Sagan uzwi cyane mu gusiganwa ku magare ndetse watwaye shampiyona y’isi umwaka ushize yirukanywe mu irushanwa rya Tour de...
Niyonshuti Ange Tricia umutambukanyi wa Tom Close yashimye Imana byimazeyo yamubaye hafi muri aya mezi icyenda kugeza yibarutse umwana w’umuhungu akaba ubuheta mu muryango wabo.
Kuva Tricia...
Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko Diane Shimwa Rwigara atagaragaye ku rutonde ntakuka rw’abahatanira kuyobora u Rwanda kubera ko imikono y’abamusinyiye yagaragayemo akamaso ndetse ko harimo...
Mu kanya gashize nibwo ikipe ya Rayon Sports imaze gusinyisha abakinnyi 2 b’ikipe ya Mukura VS Habimana Yussuf na Niyonzima Ally, bombi bamaze gusinya amasezerano azatuma bakinira iyi kipe mu...
Mpayimana Philippe niwe mukandida wigenga wenyine wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda muri bane bari babyifuje.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga komisiyo y’ igihugu y’...