Raporo ya Banki nkuru y’ u Rwanda BNR igaragaza uko urwego rw’imari ruhagaze mu mezi 6 ya mbere y’uyu mwaka wa 2017, iragaragaza ko ibigo by’imari byo kubitsa no kuguriza, microfinance, muri rusange...
Mu kiganiro Umubyeyi (Ise) wa Dr.Ngirente Eduard yagiranye na RBA, yahamije ko yareze abana be gitore, ngo yabanyujijeho agashari (inkoni) agamije kubaremamo abagabo n’abagore bazarangamirwa...