Kuri uyu wa gatanu ku italiki ya 11 Kanama 2017 nibwo haza gutangira shampiyona y’Ubwongereza Premier League 2017-2018 ikunzwe na benshi ku isi aho igiye gukinwa ku nshuro ya 25. Iyi shampiyona...
Umusore w’imyaka 33 n’umukunzi we ufite 27 bo mu Murenge wa Nyagatare bafatiwe mu cyuho babaga ingurube ebyiri bari bamaze kwiba umuturage wo muri ako gace.
Uyu musore n’umukobwa bivugwa ko...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 kanama 2017, abaturage bo mu gace ka Batsinda mu murenge wa Gisozi mu karere ka Gasabo, babyukiye mu myigaragambyo bafunga imihanda kubera mugenzi wa bo bavuga ko...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Kanama 2017, abaturage benshi muri gare ya Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge, bashyamiranye n’abashinzwe irondo ubwo bafataga umusore umwe bamwita...
Mu nkuru icukumbuye y’ikinyamakuru Chimpreports cyandikirwa mu gihugu cya Uganda yasohotse mu ijoro ryo kuri uyu wa 10 Kanama 2017 isobanura ikanagaragaza uko byagenze kugirango Sgt (Rtd) Rene...
Perezida Joseph Kabila wa Repubukika iharanira Demokarasi ya Congo yahaye akazi Amb.Eugene Gasano wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni ko gushaka inzira zose zishoboka ngo imitungo ye n’abambari...
Iradukunda Elsa watorewe kuba Miss Rwanda 2017 yatangiye gahunda yo guteza imbere umukino wo koga mu Rwanda aho muri izi mpera z’icyumweru yateguye irushanwa ryo koga riteganyijwe kubera kuri...
Umuririmbyi Bruce Melodie ari kumwe na Charly na Nina baritegura kwerekeza ku mugabane wa Leta zunze ubumwe z ’Amerika mu gihugu cya Canada.Aba bombi bari mu bahanzi nyarwanda bahiriwe muri uyu...
Amakuru agera ku Umuryango ni uko umusore Bimenyimana Bonfils Caleb wari wasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka 2 ndetse akifotoza mu myenda y’iyi kipe yamaze gusinyira ikipe ya APR FC mu gihe...