Kuri iki cyumweru tariki ya 30/07/2017 nibwo mu ntara y’amajyepfo ho mu Bibungo bya Mukinga i Nyamurasa ho mu Karere ka Kamonyi habereye ubukwe budasanzwe bwakozwe na RUTANGARWAMABOKO Nzayisenga...
Umunyamakuru, umushyushyarugamba, DJ Anita Pendo yavuze ko umuhanzikazi Butera Knowles ari umuntu wicasha bugufi akaba n’inshuti y’akadasohoka kuva mu bwana bwe.
Mu butumwa yacishije ku rukuta...
Polisi yo mu gihugu cya Kenya yamaze gutangaza ko yishe irashe umuntu wagabye igitero ku rugo rwa Perezida wa Repubulika wungirije (Deputy President) William Ruto, agakomeretsa umupolisi...
Kuwa gatandatu tariki ya 29 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera, ubuyobozi bw’umurenge wa Bungwe n’abaturage b’uyu murenge, bangije ku buryo bwabugenewe ibiyobyabwenge...
Umutare Gaby uri mu bakoze indirimbo zakunzwe mu myaka ishize mu Rwanda, aherutse gusezerana kubana n’umukunzi we bazajya kubana mu mahanga witwa Joyce Nzere, kuri ubu aba bombi bari mu kwezi kwa...