Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017 yatangaje ko amakuru avuga ko umuyobozi w’ akarere ka Nyatagare yeguye agafunga ari ibihuha.
Iyi Minisiteri ibinyujije ku rubuga...
Abantu batatu bari baheze mu kirombe mu karere ka Ruhango, umurenge wa Byimana mu kagari ka Mpanga babonetse nyuma iminsi itatu umwe yapfuye.
Ku isaha ya yine kuri uyu wa Gatatu tariki 11...
Ku munsi w’ejo nibwo twabagejejeho inkuru y’uko Rwatubyaye atazagaragara muri Rayon Sports muri uyu mwaka w’imikino kubera imvune ikomeye yagize mu ivi mu kwezi kwa 3 uyu mwaka ku mukino wahuzaga...
Diane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara na mama wabo Adeline Mukangemanyi Rwigara bahakanye ibyaha baregwa.
Kuri uru wa Gatatu tariki 11 Ukwakira 2017 nibwo ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge...
U Rwanda rwihaye intego y’ uko bitarenze 2018 abakozi bakora mu rwego rw’ ubucukuzi bazagera ku bihumbi 60 bavuye ku bihumbi 20.
Abashinzwe ishoramari mu Rwanda bemeza ko muri iki gihugu hari...
Umutoza wa Rayon Sports Karekezi Olivier aratangaza ko umukinnyi Muhire Kevin atumvikanye na Komite ndetse ko kuba yaranze kugaruka mu myitozo byatumye ibibazo bye bidakemurwa bityo azakoresha...
Umusore Niyonzima Olivier uzwi ku izina na rya Seif ntiyakoze imyitozo ku munsi w’ejo ubwo ikipe ya Rayon Sports yakoreraga ku kibuga cyayo giherereye mu Nzove aho iri kwitegura Kiyovu Sports ku...
Ubwo umukino wahuzaga Isiraheri na Espagne kuri uyu wa mbere Taliki ya 08 Ukwakira 2017 ku kibuga Teddy Stadium iherereye mu mugi wa Jerusalem,abafana 6 bahise binjira mu kibuga aho harimo umwe...
Rutahizamu Lionel Messi yafashije ikipe ya Argentina kwerekeza mu gikombe cy’isi nyuma yo gutsinda ibitego 3 wenyine ikipe ya Ecuador mu gihe akababaro ari kose ku banya Chili babuze itike...